Mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ubushinjacyaha bwabwiyeInteko iburanisha ko bibaye byiza igifungo cy’iminsi 30 rwari rwarakatiye Kazungu Denis cyakongerwaho indi 30 kuko hari iperereza bukimukoraho. ...
Amakuru Taarifa yamenye avuga ko ubushinjacyaha bwasabiye uyu mugabo ukurikiranyweho ibyaha byo kwica abantu 14 urw’agashinyaguro guhabwa indi minsi 30 y’igifungo kuko hari ibyo bugikoraho ipe...
Abaturiye urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro n’abandi bose babiboneye umwanya baje kare aho uru rukiko rwubatse hafi y’Ibiro by’Akarere ka Kicukiro ngo baze kumva ikatwa ry’urubanza rwa Kazungu Denis ku i...
Saa cyenda z’amanywa nibwo urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ruri butangaze umwanzuro warwo ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Kazungu Denis ukekwaho ibyaha bw’ubwicanyi bugambiriwe. Ubwo yitabaga ...
Yemye nta gihunga afite, Denis Kazungu yabwiye Urukiko ko yishe abo ubushinjacyaha bumushinja kuko bamuteye SIDA ku bushake. Icyakora Umuvugizi wa RIB Dr. Thierry B. Murangira yabwiye Taarifa ko basan...
Nk’uko byari biteganyijwe, Denis Kazungu uvugwaho kwica abantu umusubizo, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 21, Nzeri yagejejwe mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro. Yaje mu modoka ya RIB arinzwe cya...
Ubushinjacyaha bwamaze kugeza dosiye ya Denis Kazungu mu rukiko rw'ibanze rwa Kicukiro kugira ngo ruzamukurikirane ku byaha avugwaho gukora birimo n'ubwicanyi. Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavu...
Ibyavuye mu iperereza ry’Ubugenzacyaha bivuga ko kugeza ubu nta cyo bwashingiraho buvuga ko hari umuntu cyangwa abantu bafashije Denis Kazungu kwica abantu akurikiranyweho. Mu ibazwa nawe yiyemereye k...
Taarifa yamenye ko kuri uyu wa Mbere taliki 11, Nzeri, 2023 ari bwo dosiye ya Denis Kazungu yagejejwe mu bushinjacyaha. Akurikiranyweho ubwicanyi, gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gu...
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro witwa Antoine Mutsinzi avuga ko bishoboka ko Denis Kazungu uvugwaho kwica urubozo abantu akabajugunya mu cyobo kiri iwe azaburanishirizw amu ruhame. Avu...








