Urukiko Rukuru rwa Kigali rwagumishijeho igihano cy’igifungo cya burundu cyari cyarakatiwe Kazungu Denis wari uherutse kujuririra igihano cya burundu yahawe. Uyu musore yari yarahamijwe ibyaha 10 biri...
Kazungu Denis watawe muri yombi muri Nzeri 2023 ubwo abagenzacyaha bavumburaga umwobo yatabyemo imirambo y’abo yemera ko yishe, akaza no kubihamwa mu rukiko yatangaje ko azajuririra igihano cya burund...
Me Murangwa Faustin uburanira Kazungu Denis yasabye urukiko kuzaca inkoni izamba rugahanisha umukiliya we igihano gito kubera ko yemera ibyaha aregwa kandi akaba asaba imbabazi. Kazungu Denis aregwa i...
Umwe mu banyamakuru bari bari mu rukiko aho Kazungu Denis yaburanaga yemera ibyaha by’uko yishe abantu 12( abo yemera), avuga ko uyu mugabo w’imyaka 32 y’amavuko yageze aho ararira, asaba imbabazi ab...
Mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, hatangiye iburanisha mu mizi ry’urubanza rwa Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi, gusambanya ku gahato n’iyicarubuzo. Ubwo yasomerwaga iby...
Ku nshuro ya gatatu urubanza ubushinjacyaha buregamo Denis Kazungu ku byaha birimo n’ubwicanyi rwongeye gusubikwa. Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge nirwo rwanzuye isubikwa rwarwo. Rwavuze ko rusubits...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse ku nshuro ya kabiri urubanza ruregwamo Kazungu Denis ukurikiranweho ibyaha by’ubwicanyi. Umwunganira niwe wagaragaje impamvu z’iryo subikwa, avuga ko...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse iburanisha ku rubanza rwa Kazungu Denis, ukurikiranyweho ibyaha 14 birimo icy’ubwicanyi buturutse ku bushake n’iyicarubozo. Ni nyuma y’uk...
Denis Kazungu wiyemereye mu iburanisha ry’ibanze ko yishe abantu bagera ku 10 kuri uyu wa Gatanu aratangira kuburana mu mizi. Ni urubanza rutegerejwe na benshi kubera uburyo ibyaha uyu mugabo aregwa b...
Muri Mutarama, 2024 nibwo Kazungu wiyemereye ko yishe abantu 14 akabataba mu cyobo cy’igikoni cy’inzu yari acumbitsemo mu Busanza bwa Kanombe azatangira kuburana mu mizi. Ni urubanza ruteganyijwe tali...






