Croix Rouge y’u Rwanda yageneye abaturage 2565 bo mu Ntara y’Iburasirazuba 180.000 Frw buri muntu, yo kwifashisha mu mishinga yatoranyijwe no gukemura ibibazo by’ibanze, mu guhangana n’ingaruka za COV...
Croix Rouge y’u Rwanda ikomeje kugira uruhare mu guhindura ubuzima bw’abaturage, aho igiye gutanga 150.000 Frw ku miryango yatoranyijwe ngo ishyire mu bikorwa imishinga yahisemo, aherekezwa na 30.000 ...
Umugabo witwa Jean Pierre Kabera yabwiye Taarifa ko hari umugabo akeka ko yitwikiriye ijoro atema insina ze 50. Uwo akeka yitwa Mugabo, kandi ngo ntarafatwa. Ubuyobozi bw’Umurenge buvuga ko buri bugan...
Abaturage batuye mu duce twa Rwamagana na Ngoma barishimira ko bakorewe umuhanda uzabafasha kurushaho guhahirana. Umuhanda bakorewe ni umuhanda w’igitaka ariko utsindagiye k’uburyo utakwangiza ibinyab...
Nyuma yo kubona ko hari ikibazo cy’imbuto za macadamia zitubuwe, Bwana Stanley Nsabimana yatangije ikigo gihumbika kikanatubura ingemwe za kiriya giti. Macadamia ni igiti cyera imbuto ziba zifitemo iz...




