John Bosco Nyemazi uyobora Akarere ka Kayonza yabwiye Taarifa ko ubuyobozi bw’ako, ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bako, bazahemba abana bo muri Kayonza Modern School baraye babaye aba mbere mu guha...
Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler aherutse gusura aborozi b’inzuki mu Karere ka Kayonza. Yavuze ko Abanyamerika bishimira ubufatanye butandukanye bafitanye n’Abanyarw...
Rugira Jean Baptiste ushinzwe ubuzima mu Karere ka Kayonza n’ibikorwa by’isuku n’isukura avuga ko kuba ishuri ryisumbuye rya Gishanda ryarimakaje isuku bigaragaza ko ubukangurambaga ...
Umukozi ushinzwe ubworozi mu Karere ka Kayonza yatawe muri yombi akekwaho kunyereza intanga zari zigenewe guterwa inka. Uyu mugore akekwaho kandi uruhare mu kunyereza imiti n’ibikoresho byari bigene...
Minisiteri y’ibikorwaremezo yatashye ku mugaragaro umuhanda w’ibilometero 208 uva Kagitumba ugaca Kayonza ukarangirira Rusumo. Ni umuhanda uhuza u Rwanda, Uganda na Tanzania, ukaba usanzwe ari ingirak...
Leta y’u Rwanda n’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa baraye bizihirije mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza umunsi mpuzamahanga wahariwe ibiribwa. Abo muri uyu Murenge bavuga ko n...
Mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza haravugwa inkuru y’umugabo wishe umwana w’imyaka ibiri yareraga ataramubyaye ahubwo ku bw’uko yabanaga na Nyina, nawe ahita yimanika mu giti. Ababibonye bavu...
Abaturage b’Akarere ka Kayonza babwiye Urwego rw’ubugenzacyaha ko uretse abangiza ibidukikije, hari n’ibindi byaha bibugarije. Muri byo harimo amakimbirane mu ngo, guhohotera abana, gukubita no gukome...
Ikigo AIDS HealthCare Foundation (AHF) kiri gukangurira urubyiruko kwirinda SIDA binyuze mu kurwegereza udukingirizo. Abibanzweho muri ubu bukangurambaga ni urubyiruko rwo muri Kaminuza no mu bigo by...
Ubwo mu Karere ka Kayonza haberaga umuhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umuhinzi, abahinzi b’aho basabye Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi n’Ikigo kita ku buhinzi kurinda ko amasaka, ubur...









