Kuri iki Cyumweru Tariki 24, Kanama, 2025 Itorero Angilikani mu Rwanda (EAR) ryizihirije mu Murenge wa Gahini muri Kayonza isabukuru y’imyaka 100 rimaze rikorera mu Rwanda. Mu mwaka wa 1925 nibwo ryat...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yatashye umuyoboro wubatswe mu Murenge wa Ndego mu Karere ka Kayonza uzaba amazi ingo 3,000 . Ni igikorwa ngarukamwaka ingabo z’u Rwanda na ...
Mu Tugari twa Kawangire na Rwimishinya mu Murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza hafatiwe abantu 40 bagize itsinda ryiyise Wazalendo bagakorera abandi urugomo. Barukoraga bakoresheje imihoro, ubuhiri,...
Umugabo w’imyaka 40 yafatanywe urumogi rupima ibilo 30 yari avanye muri Tanzania nk’uko Polisi ivuga ko yabiyibwiye. Polisi yatangaje ko uwo mugabo yari arutwaye kuri moto, imufatira mu Mu...
Hari ababyeyi babura Frw 975 yo kugurira abana imboga zo kurira ku ishuri muri gahunda ya School Feeding bagahitamo kujyayo bakazihinga nk’ingurane. Bamwe muri bo ni abo mu Karere ka Kayonza na ...
Mu Karere ka Kayonza ahitwa Mukarange niho hari bubere ibirori byo kwizihiza umunsi w’umuganura uba buri mwaka. Abagore bakuru bateze urugori, abagabo Bambara imishanana baraberwa, inyambo zirategurwa...
Umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame yabwiye abaturage bo mu Karere ka Kayonza, Rwamagana na Gatsibo ko kuyobora Abanyarwanda burya ntako bisa. Avuga ko kubera iyo mpamvu u Rwanda rwateye imbere ka...
Abatuye Imirenge yose y’Akarere ka Kayonza bahuruye mu Murenge wa Nyamirama ahateguriwe kuza kwakira Paul Kagame uri buze kuziyamamariza avuye muri Nyagatare. Kuva aho Kayonza igabanira na Rwama...
Abagore bakorera ubukorikori mu kigo Women for Women International mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Nyamirama bavuga ko kubona ibyo bahugiramo bishingiye ku bukorikori bikagurishwa bakabona amafaran...
Ubufatanye bw’ingabo z’u Rwanda n’iza Amerika mu kuvura abarwaye indwara zitandukanye mu Burasirazuba bw’u Rwanda bwatumye mu gihe cy’iminsi 10 havurwa abantu 5,000. Abavuwe ni abo muri Rwamagana no m...









