Mu Ntara y’Uburasirazuba niho hari ibirombe byinshi bicukurwa mu buryo budakurije amategeko kuko hari 32, mu Majyepfo hakaba 20, mu Majyaruguru hakaba 18, mu Burengerazuba hakaba 17 n’aho mu Mujyi wa ...
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo buvuga ko hari ubwato bwari butwaye abantu 11 buva muri Muhanga bugana muri Ngororero bwakoze impanuka harokoka abantu batatu. Abenshi mu bayiguyemo ni abana. Abagenzi ...
Abanyamuryango ba FPR -Inkotanyi mu Murenge wa Busasamana uri mu Karere ka Nyanza baherutse guhura bizihiriza hamwe imyaka 35 Umuryango FPR –Inkotanyi umaze ushinzwe. Kimwe mu byo basabye ubuyobozi bu...
Imibare iherutse gutangazwa n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare igaragaza ko 7% by’Abanyarwanda bose ari abanywi b’itabi bahoraho. Abatuye Intara y’Amajyepfo nibo barinywa kenshi kurusha ah...
Abayobozi b’ibigo bishamikiye kuri Minisiteri y’uburezi ari bwo REB na NESA batangiriye mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga bagenzura niba abarimu bigisha uko bikwiye ndetse niba n’abana bitabir...
Abagize Inteko rusange y’Umuryango AVEGA Agahozo batoye Immaculée Kayitesi nk’umuyobozi mushya w’uyu muryango. Yasimbuye Mukabayire Valérie kuri uwo mwanya. Yatowe Taliki ya 2 Ukwakira 2022 muri Ko...
Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo Madamu Alice Kayitesi yateranyije Inama idasanzwe yahuje abaturage b’Akarere ka Muhanga n’abayobozi mu Ntara ayoboye abwira abaturage ko hari bagenzi babo bagera kuri 60...
Minisitiri w’ibikorwa remezo Bwana Claver Gatete yasuye ahari kubakwa uruganda rukora intsinga ruri mu Karere ka Nyanza. Yari aherekejwe na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Madamu Alice Kayitesi , Umuy...







