Gahunda ya Ejo Heza yashyizweho n’Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, na Minisiteri y’imari n’igenamigambi hagamijwe ko Abanyarwanda basaza bariteganyirije. Abafite ibirombe rero bibukijw...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC cyahawe moto 39 zo kugeza ku bigo nderabuzima n’ibitaro byo hirya no hino mu Turere dutanu kugira ngo zizafashe abajyanama b’ubuzima kugera ku...
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Jacqueline Kayitare avuga ko aka Karere kari hafi guha isoko uzaba waritsindiye ngo yagure imihanda yo mu Kagari ka Gahogo. Ni Frw 3,791,885,012 zizakoreshwa hagurwa imi...
Hari abakiliya b’Ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura bashinja umuyobozi wacyo mu Karere ka Muhanga kuba ntibindeba, ntaboneke mu kazi ngo akurikirane uko basaranganywa amazi bigatuma hari bamwe...
Mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga hari abaturage bataka ko ubuyobozi bwabategetse kurandura ibishyimbo kugira ngo aho byari biteye hashyirwe Stade. Meya avuga ko kubaka sta...
Akarere ka Muhanga gahanganye n’ikibazo gikomeye kirebana n’ubuke bw’amazi mu Mujyi wa Muhanga udasiba kwaguka. Mu rwego rwo kureba uko baba bagikemuye mu rugero runaka, abakayobora bavuga ko bagiye g...
Imibare ivuga ko mu mwaka wa 2021-2022 Akarere ka Muhanga kari gafite 31% by’abana bagwingiye. Indi yakozwe nyuma ni ukuvuga mu mwaka wa 2022-2023 uyu mubare waragabanutse uba abana bangana na 19%. ...
Hari abahinzi bo mu Karere ka Muhanga babwiye itangazamakuru ko bahinze bakarumbya, ubu bakaba bashonje. Ibi ariko Meya w’aka Karere witwa Jacqueline Kayitare avuga ko bitakwitwa inzara ahubwo ari ...
Hari ibigo by’amashuri byo mu Karere ka Muhanga bivugwamo umwanda mwinshi haba ku masahane abana bariraho ndetse no kubakora mu gikoni. Si mu mashuri yose, ariko aho ubugenzuzi bwabisanze, bwasanze ...








