Umwe mu borora ingurube nyinshi mu Rwanda akaba na Perezida w’Ihuriro ryabo witwa Jean Claude Shirimpumu asaba ko drones za Zipline zitwa P2 ziherutse gutangazwa ko zizageza ibicuruzwa ku batuye...
Ikigo Zipline gifite icyicaro gikuru muri Amerika cyatangaje ko ishami ryacyo ryo mu Rwanda rigiye gutangiza gahunda yo kugeza ibicuruzwa mu ngo z’abaturage cyanecyane abo mu mijyi. Ibyo bicuruzwa ni ...

