Mu gusubiza niba Guverinoma ya DRC izemera ingingo umunani AFC/M23 isaba kugira ngo intambara iri mu Burasirazuba bwa DRC ihoshe, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Thérèse Kayikwamba yavuze ko ziri gus...
*Kabila avuga ko ibya Kigali na Kinshasa bitareba AFC *Muyaya we yemeza ko ibya M23 bizarangira nabi Mu kiganiro n’abanyamakuru, Umuvugizi wa Guverinoma ya Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo Pa...
Nyuma yo gushyira umukono ku nyandiko ikubiyemo amasezerano y’amahoro hagati ya Kigali na Kinshasa, Minisitiri Olivier Nduhungirehe yabwiye Perezida wa Amerika ko u Rwanda rwishimiye ubuhuza iki gihug...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner yavuze ko kuba M23 yatangaje ko igiye kuva i Walikale no mu nkengero z’aho ari ikintu cyiza ariko gikwi...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu nibwo bivugwa ko ubuyobozi bwa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga bwa DRC bwasabye abadipolomate bayo bose bakoreraga i Kigali gutaha kandi ab’u Rwanda bakoreraga i Ki...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba, avuga ko igihugu cye kizakomeza gukurikiza ibikubiye mu biganiro umuhuza mu kibazo cya M23 asaba. Kayikwamba ...
Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yemeza ko abarwanyi babo batarwanira imyanya muri Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyangwa amapeti yo mu gisirikare cy’iki gihugu. Avuga ko ic...
Tariki 25, Ugushyingo, 2024 i Luanda muri Angola habereye inama yahuje Minisitiri Olivier Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda na mugenzi we Judith Kayikwamba Wagner wa DRC, iganirirw...
Kuri uyu wa Gatandatu i Luanda muri Angola habereye indi nama yahuje Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa DRC witwa Thérese Kayikwamba Wagner. Basubiy...
Kuri uyu wa Kane taliki 19, Nzeri, 2024 Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Téte Antonio yagejeje kuri Perezida wa DRC Felix Tshisekedi inyandiko ikubiyemo uko ibiganiro biherutse guhuriza i Lu...









