Mu masaha y’ijoro ryakeye kuri uyu wa 20, Ugushyingo, 2023, Prof Augustin Matata Ponyo yanditse kuri X ko akurikije uko ibiganiro by’abatavuga rumwe na Leta biherutse kubera i Pretoria byanzuye, ahise...
Moïse Katumbi uri ku ruhande rw’abatavuga rumwe na Leta yaraye yitabiriye ikiriyo cy’uwahoze ari umuvugizi w’ishyaka rye witwa Chérubin Okende uherutse kwicwa arashwe. Uyu mugabo yigeze kuyobora Mini...
Umugabo wigeze kuyobora Minisiteri yo gutwara abantu n’ibintu muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Chérubin Okende Senga yishwe arashwe. Urupfu rwe rwemejwe kandi rwamaganwa n’Umuvugizi wa Guv...
Umuhanga mu bubanyi n’amahanga akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda Dr Ismael Buchanan avuga ko kuba Perezida Tshisekedi yaraye afashe umwanzuro w’uko ishyaka rye ryitandukanyije n’iry’uwo yasimb...



