Mu mugoroba wo kwishimira uko kwita ingagi ku nshuro ya 20 byagenze, ab’imena mu batumiwe bazasusurutswa n’itsinda ricuranga Zouk ryitwa Groupe Kassav. Bizabera muri Kigali Convention Center mu masaha...
Uyu mugabo uri mu bashinze itsinda rya Muzika yitwa Groupe Kassav ryo mu kirwa cya Guadeloupe yitabye Imana afita imyaka 65 y’amavuko. Abakurikiranye umuziki mu myaka ya 1980 kuzamura, bamuzi mu ndiri...

