Abantu 30 bashinzwe ibikorwa bya gisirikare muri za Ambasade zikorera mu Rwanda baganirijwe n’abayobozi mu ngabo z’u Rwanda uko ruhagaze mu by’umutekano haba imbere mu gihugu n’ahandi abasirikare n’ab...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga ari kumwe n’abandi bayobozi b’ingabo z’u Rwanda baraye bakoze umusangiro n’abashinzwe ibya gisirikare muri za Ambasade, abo bita ‘defence att...
Mu Rwanda hari itsinda ry’ingabo z’Ubufaransa ziyobowe na Brig Gen Fabien Kuzniak usanzwe ushinzwe ububanyi n’amahanga mu ngabo, akaba yahuye na bagenzi be bayobora ingabo z’u Rwanda baganira uko impa...
Umuyobozi ushinzwe ubufatanye mu bya gisirikare muri Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda Brig General Patrick Karuretwa avuga ko RDF yasabwe n’abashinzwe iby’umutekano muri za Ambasade ziri mu Rwanda ko ba...



