Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiturire (RHA) cyatangaje ko Akarere ka Karongi ari ko ka mbere gafite ubuhaname n’imiterere y’ubutaka biteje akaga kurusha utundi kubera kwibasirwa n’ibiza. Hataho Akarer...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 16, Kanama, 2023 mu Mudugudu wa Buhoro, Akagari ka Kigembe, Umurenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi habereye impanuka ikomeye. Yakomerekeje bikomeye aban...
Umusore w’imyaka 17 y’amavuko wo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza akurikiranyweho gusambanya incuke ifite imyaka ine y’amavuko. Ni umwana w’umuturanyi w’aho uwo musore yaragiraga inka. Biv...
Mu Karere ka Karongi haherutse kwaduka inkongi yatwitse hegitare zirenga 20 z’amashyamba yo mu mirenge ya Rwankuba, Gitesi na Bwishyura. Meya yasabye abaturage gukaza irondo kugira ngo bajye bazimye i...
Umusore wo mu Murenge wa Gishyita mu Karere ka Karongi aherutse kujya mu kabari yaka Fanta agamije kwishyura amiganano. Yarabikoze nyiri akabari aramuvumbura ahamagara Polisi iramufata. Byabereye mu ...
Toyota Minibus yavaga i Rubengera igana ahitwa Mubuga yakoze impanuka abantu batandatu barapfa, abandi bose basigaye barakomereka. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burengerazuba Chief...
Imibare yatangajwe mu masaha ashyira umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu Taliki 03, Gicurasi, 2023 avuga ko abantu 129 ari bo babaruwe ko bahitanywe n’imvura yateje inkangu n’imyuzure. Intara y’i Burenger...
Mu Mudugudu wa Rebero, Akagari ka Rebero mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza inkuba iherutse gukubitira umugore iwe iramuhusha ariko itwikwa ibyo yari afite mu nzu. Umuriro w'inkuba wara...
Abantu batatu baherutse gufatirwa mu Mujyi wa Karongi bafite Frw 848,800 mu yandi Frw 981,100 bicyekwa ko bibye umucuruzi wo muri Bwishyura. Bafashwe ku wa Gatatu taliki 22, Gashyantare, 2023, bafatir...
Callum Ormiston niwe Munya Afurika y’epfo watwaye agace ka gatanu ka Tour du Rwanda. Bakoze urugendo bava i Rusizi bagana i Rubavu baca i Karongi. Mu muhanda umukinnyi kabuhariwe witwa Froome yagize i...









