Hamwe mu hantu hamaze kugaragara ko ari inzira ya magendu mu Rwanda ni mu Kiyaga cya Kivu. N’ikimenyimenyi hari abantu batanu Polisi iherutse gufata bakira magendu yari ivanywe muri Repubulika ya Demu...
Abagabo batatu baherutse gufatirwa mu Kagari ka Remera, Umurenge wa Rusebeya bafite ibilo 38 by’amabuye y’agaciro ya gasegereti bacukuye mu kirombe cy’abandi kandi mu buryo butemewe. Kiriya kirombe gi...
Mu Kagari ka Kivumu, Umurenge wa Gisenyi, mu Karere ka Rubavu haherutse gufatirwa abagabo batatu, Polisi ivuga ko bari bibye Umutaliyani Frw 350,000. Uyu mugabo yahamagaye Polisi ayibwira ko abantu ba...
Abapolisi bakorera mu Karere ka Rubavu bafashe abasore babiri bari batoboye inzu y’umuturage bari kuyisahura. Bo bari bashoboye kwinjira mu nzu, bagafata ibikoresho bakabicisha mu mwobo w’iyo nzu baka...
Mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi hafatiwe abantu babatu barimo n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari Polisi ibakurikiranyeho gushuka abacuruzi babaka ruswa ngo bazabashyire ku ...
Umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko wo mu Karere ka Rubavu aherutse gufatirwa mu Murenge wa Kanzenze atwaye udupfunyika 500 tw’urumogi mu mufuka w’ibirayi aruzanye i Kigali. Yafashwe ategereje imodoka itwa...
Kubera ko ingamba zo kwirinda icyorezo COVID-19 muri iki gihe zisaba abacuruzi n’abandi gufunga serivisi saa kumi n’imwe z’umugoroba, abacuruzi by’umwihariko bagomba kuba maso kuko hari abiyitirira Po...
Polisi y’u Rwanda mu bihe bitandukanye ni ukuvuga tariki ya 20 na 21 Gicurasi, 2021 abapolisi bakorera mu Karere ka Rubavu na Ngororero bafashe udupfunyika tw’urumogi ibihumbi 12, 189. Taarifa...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 27, Ukuboza, 2020abantu batatu barimo babiri bambaye imyenda abaduhaye amakuru bavuga ko ari iya gisirikare bateye urugo rwa Bavugamenshi n’umugore we Mukandayisenga bababwira...








