Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva mu ruzinduko yari amazemo iminsi ibiri mu Burasirazuba ntiyasuye imirima n’ibiraro by’amatungo gusa ahubwo yasuye n’abaturage, bamubwira akamaro ibyo byose b...
Ubuyobozi bw’Umuryango utabara imbabare ishami ry’u Rwanda, Croix Rouge Rwandaise, buvuga ko mu rwego rwo gufasha abaturage kurushaho kugira ubuzima bwiza, bwateye ibiti 6,000, bikaba bimwe mu bigera ...
Imbangukiragutabara yari irimo umurwayi yageze ahitwa Rwabiharamba mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare ihura n’’umuvu w’amazi w’imvura iheramo. Abaturage batabaye bayikuramo n’abari bayiri...
Umugabo wo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare ku Cyumweru taliki 04, Gashyantare, 2024 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka itatu. Abaturage babwiye itangaza...
Abaturage bimuwe ahantu hazashyirwa ibikorwa byo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi bugezweho bubakiwe imidugudu itatu igezweho harimo umwe bise ‘ Shimwa Paul’ wubatswe inzu 72. Ni mu Murenge wa Karang...




