Mu mboni zawo, umutwe Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) usanga igikwiye ari uko abaturage bose ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bahagaruka bagafatanyanayo guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa kuko busig...
Lawrence Kanyuka uvugira AFC/M23 avuga ko bamaze kumva amajwi menshi y’abaturage b’i Bukavu babatabaza ngo baze babakure mu kangaratete bashyizwemo n’ingabo za DRC zibasahura zikanabica. Mu mpera z’Ic...
Umutwe wa gisirikare urwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi uvuga ko agahenge gaherutse kuganirwaho i Luanda muri Angola hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo katawureba. B...
AFC/ M23 ivuga ko yafashe imodoka z’intambara z”ingabo za SADC zagiye muri DRC kurwana ku ruhande rwa Guverinoma. Izi ngabo ziri mu butumwa bwiswe SAMIDRC mu Burasirazuba bwa Repubulika Ih...
Lawrence Kanyuka uyobora M23 yatangaje ko abasirikare be baraye bahanuye indi drone y’ingabo za DRC. Bikubiye mu butumwa uyu mugabo yacishije kuri X. Yavuze ko iriya drone ari iya FARDC akanenga...
Ni icyemezo aba barwanyi bafashe nyuma y’uko ubutegetsi bwa DRC bwemeje ko abasirikare ba EAC bari baraje kujya hagati y’impande zihanganye, bataha. Bitarenze taliki 10, Ukuboza, 2023 aba basirikare b...




