Nk’ubu kuri uyu wa Gatandatu hari itsinda ry’abasore bitwa Abarembetsi bafatanywe Litiro za kanyanga Polisi ivuga ko zirenga amagana n’ibilo bitanu by’urumogi. Mu kugenekereza,...
Imirenge y’Akarere ka Gasabo ya Gikomero, Ndera, Rusororo, Rutunga na Bumbogo iri mu Mirenge yo mu Mujyi wa Kigali igaragaramo abantu benshi benga kanyanga. Iki ni ikiyobyabwenge kiri mu bigarag...
Abagore n’abagabo bo mu Midugudu ya Ntaba n’uwa Kabuga mu Kagari ka Mvuzo mu Murenge wa Murambi muri Rulindo bafashwe ku wa Gatanu Tariki 21, Gashyantare, 2025 bafite kanyanga iri mu majerekeni ...
Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba Pudence Rubingisa avuga ko ingamba ubuyobozi bwafashe mu guhangana n’inzoga ibarirwa mu biyobyabwenge yitwa Kanyanga zatanze umusaruro ufatika. Hari mu kiganiro yah...
Umugabo ushinzwe amakuru mu Mudugudu wa Gataba, Akagari ka Gasakura mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze bamusatse bamusangana kanyanga irasaho umwambi ikaka ndetse n’inzoga yitwa Vodka bivugwa k...
Umugabo wo mu Murenge wa Munyiginya mu Karere ka Rwamagana yaguwe gitumo n’abapolisi ubwo yari akometse umuriro atetse ikiyobyabwenge cya Kanyanga. Uyu mugabo w’imyaka 53 y’amavuko yafashwe ku Cyumwer...
Ubwo yatangazaga uko uturere tw’u Rwanda twesheje imihigo ya 2022-2023, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko Akarere ka Burera ari ko kabaye aka nyuma ndetse n’Intara gaherereyemo y’Amaj...
Ku wa Gatanu taliki 17 Gashyantare, 2023, Polisi yafashe abantu batatu batetse anyanga. Yabafatiwe mu Mudugudu wa Jurwe, Akagari ka Mukuyu mu Murenge wa Ndera. K’ubufatanye n’izindi nzego, Polisi ya...
Umugabo witwa Jean Claude Twagirimana yaguwe gitumo iwe ari gukora kanyanga. Yafashwe kuri iki Cyumweru taliki 29, Mutarama, 2023 ubwo Polisi yamusanga iwe mu Mu Mudugudu wa Ruyaga, Akagari ka Gako Mu...
Mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi haherutse kwangirizwa ibiyobyabwenge birimo n’ibilo bine by’ikiyobyabwenge gikomeye kitwa Heroin. Ibindi byangijwe ni ibilo 34 by’urumogi, udupfunyika 11,530...








