Padiri Charles Hategekimana uyobora ikigo cy’amashuri cya Groupe Scolaire Officiel de Butare avuga ko imikoranire y’ikigo cye n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini no kugenzura imyigishirize, NESA, a...
Mu Mudugudu wa Buruba, Akagari ka Butara, Umurenge wa Kigoma, Akarere ka Nyanza haherutse gufatirwa litiro 30 za kanyanga. Ngo yari igishyushye kandi yafatanywe n’ibikoresho yayengeshaga. Abaturage ni...
Mu mpera z’Icyumweru gishize nibwo Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umugabo witwa Rwakayiro bivugwa ko yitwazaga ko ari umukire agahohotera abaturage harimo no kubatema. Nyuma y’igihe gito abandi b...


