Mu Kagari ka Kazirabonde, Umurenge wa Ngamba Mu Karere ka Kamonyi hari umugabo witwa Nsabimana Didace wiyahuye nyuma yo kwica umugore we. Yanditse ibaruwa isobanura impamvu z’ibyo yakoze n’uko a...
Hari abanyamuryango za Koperative zimwe na zimwe zo mu Rwanda bavuga ko hari umutungo babikije Koperative zabo ariko ntibamenye irengero ryawo. Ubuasanzwe abantu babitsa za Koperative bagamije ko umu...
Omar Talal Ali Daair uhagarariye u Bwongereza mu Rwanda asaba abatanga serivisi za Hoteli, ni ukuvuga ibiribwa n’ibinyobwa kongera umuvuduko mu kubitegura no kubitanga. Ni mu rwego rwo kubateguza ko a...
Mu Karere ka Kamonyi ahitwa ku Mugina buri taliki 26, Mata, 2022 bibuka Abatutsi biciwe muri kariya gace cyane cyane abiciwe muri Kiliziya y’aho. Umwe mu baharokokeye witwa Marcel Rutagarama yabwiye T...
Ahitwa Nkoto mu Karere ka Kamonyi hari ikamyo yo mu bwoko bwa HOHO yabuze Feri igonga imodoka icyenda nk’uko Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda SSP Rene Irere yabibwiye Ta...
Mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo, abaturiye ikiraro gisanzwe gihuza Umurenge wa Rugalika n’Umurenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi baherutse guhuza amaboko batinda ikiraro cyari giherutse gusenywa n’i...
Abapolisi bakorera mu Karere ka Kamonyi bafashe abantu icyenda bateraniye ahantu hamwe mu buvumo barimo gusenga, barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19. Babafashe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 ...
Nyuma y’uko hari umuntu urohamye muri Nyabarongo ku wa Mbere tariki 03, Mutarama, 2022 n’uburambo we ukaba waraburiwe irengero, ku Biro by’Akarere ka Kamonyi hateraniye inama y’umutekano idasanzwe. N...
Impuguke mu buhinzi zo muri Koreya y’Epfo zahuguye abahinzi bo mu Karere ka Kamonyi kugira ngo zibongerere ubuhanga mu buhinzi bukoresha ubutaka buto ariko hakaboneka umusaruro mwinshi. Gahunda yo guh...
Ishimwe Patrick wari umukinnyi utanga icyizere mu mukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, yishwe n’impanuka y’imodoka yabereye mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa Gatandatu. Ishimwe yakiniraga iki...









