Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwahaye isezerano abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ko mu gihe kiri imbere bugiye gutangira gusana inzu zabo 2000 zishaje. Byavugiwe mu muhango wo kwibuka abazije J...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi, na IBUKA buvuga ko hari imibiri irenga 900 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 itarashyingurwa. Mu nama yabahuje bemeje ko iriya mibiri ishyingurwa...
Imibare iherutse gutangazwa n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare igaragaza ko 7% by’Abanyarwanda bose ari abanywi b’itabi bahoraho. Abatuye Intara y’Amajyepfo nibo barinywa kenshi kurusha ah...
Bamwe mu batuye Umurenge wa Rugarika mu Karere ka Kamonyi aho kagabanira n’Akarere ka Nyarugenge bari gutabaza ubuyobozi ngo bubakize ingona zibicira abantu. Babwiye TV1 ko hari abantu benshi bajya ku...
Géraldine Mukeshimana aherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’u Rwanda imufatanye udupfunyika 200 tw’urumogi. Undi wafashwe ni umucuruzi witwa Rukabu Nizeyimana Patien w’imyaka 45 ariko we yahise ator...
Mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Mutarama Polisi yahatiye Nizeyimana Salatiel w’imyaka 27 y’amavuko akurikiranyweho gukora $2,550. Umuvugizi wayo mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspecto...
Abantu bane bafatiwe mu Karere ka Kamonyi bafite amabuye y’agaciro apima ibilo 126 bivugwa ko bibye mu Murenge wa Nyamata, ahitwa Kanazi mu Karere ka Bugesera. Bafatiwe mu Karere ka Kamonyi mu Murenge...
Akamaro k’izuba si ukumurikira abatuye isi gusa no gutuma imyaka year binyuze mu byo bita photosynthis ahubwo abantu basanze imirasire yaryo ishobora kubyazwa amashanyarazi. U Rwanda rurii mu bihugu b...
Mu rwego rwo gufasha Leta kugera ku ntego yihaye y’uko bitarenze mu mwaka wa 2024 buri rugo rw’u Rwanda ruzaba rufite amashanyarazi, abakora mu kigo kitwa MySol bamaze iminsi baha abaturage ibyuma bik...
Anatole Muhizi wareze Banki nkuru y’u Rwanda kuri Perezida Kagame yakatiwe n’Urukiko rw’ibanze rwa Gacurabwenge kuba afunzwe iminsi 30 y’agateganyo. Afunganye n’umugore witwa Alphonsine Nibigira kandi...









