Hakizimana Célestin wo mu Karere ka Kamonyi aravugwaho kuniga umugore we Nyirantiyiremye Donatha akamwica. Bombi bafite imyaka 45 y’amavuko. Ibi byaha bivugwa ko byabaye mu Mudugudu wa Giheta, Akagari...
Mu Murenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi ahitwa Ruyenzi habereye impanuka hagati y’amakamyo abiri, yavaga mu Ntara y’Amajyepfo iri inyuma igonga iyiri imbere zita umuhanda zigonga indi modoka i...
N’ubwo bitaremezwa ko ari cyo yazize, ariko umukecuru witwa Rosalia Mukarosi wari uherutse kugurisha ikimasa yishwe n’abantu bikekwa ko bari baje kumusahura amafaranga y’ikimasa yari amaze iminsi agur...
Nkurikiyimana Viateur wo mu Murenge wa Nyarubaka mu Karere ka Kamonyi yashinze ikigo kigisha urubyiruko imyuga. Yakise Rwanda To Hope Organization. Abayirangije bavuga ko yabagiriye akamaro kuko bitun...
Mu Karere ka Kamonyi haravugwa abasore biyise ‘abahebyi’ bitwikira ijoro bakajya gucukura amabuye y’agaciro, Polisi na DASSO baza kubatesha bakabatera amabuye, ari nako bashaka kubatemesha imihoro. B...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 16, Kanama, 2023 mu Mudugudu wa Buhoro, Akagari ka Kigembe, Umurenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi habereye impanuka ikomeye. Yakomerekeje bikomeye aban...
Umugabo udatangazwa amazina aherutse gusiga Miliyoni Frw 4.5 mu modoka asohotse gato agarutse asanga bayibye. Yari agiye guhemba abakozi b’aho ari kubakisha mu Kagari ka Muganza, Akarere ka Runda muri...
Abafashwe ni abasore babiri bafite imyaka 19 y’amavuko na mugenzi wabo w’imyaka 18. Bafashwe kuri uyu wa Kabiri taliki 20, Kamena, 2023, bafatirwa mu Mudugudu wa Nyarusange, Akagari ka Remera mu Muren...
WASAC yamenyesheje abatuye imirenge imwe n’imwe y’Umujyi wa Kigali n’indi yo mu Karere ka Kamonyi ko kuva tariki ya 8 -22 Kamena, 2023 hazaba ibura ry’amazi. Bikubiye mu itangazo WASAC yasohoye rivu...
Nyuma y’uko ikiraro gihuza Umurenge wa Runda n’uwa Rugarika cyangiritse, abaturage babuze uko bahahirana. Barasaba inzego bireba kugisana kugira ngo urujya n’uruza rwongere rukorwe. Ababyeyi bo bahang...









