Mu Murenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi hapfiriye abaturage batanu bazize Gazi yabatunguye ubwo bari bagiye gukamya amazi yari yaretse mu kirombe cy’amabuye y’agaciro kugira ngo cyongere gikoreshwe....
Abagabo bari bamaze iminsi baragwiriwe n’ikirombe bakuwemo barapfuye. Uwakuwemo mbere yaje kugwa kwa muganga akaba yaritwaga Bucyanayandi Evariste w’Imyaka 27 y’amavuko. Bamukuye mu kirombe yane...
Umwe muri batatu bari baheze mu kirombe cyo mu Murenge wa Rukoma mu Karere ka Kamonyi witwa Evariste Bucyanayandi yakuwemo agihumeka ariko aza kugwa ku bitaro bya Rukoma. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mb...
Abagabo batatu bacukuraga amabuye y’agaciro mu Mudugudu wa Murambi, Umurenge wa Rukoma, baheze mu Kirombe, hiyambazwa imashini zibavanamo. Abagabo batatu baheze mu kirombe kuri uyu wa mbere ubwo bari ...
Imibare itangazwa n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ivuga ko Akarere ka Gasabo ari ko kagaragayemo ingengabitekerezo ya Jenoside kurusha utundi hagati y’italiki ya 07 n’iya 13, Mata, 2024. Mu...
Abo mu Mudugudu wa Gitega, Akagari ka Kivumu Mu Murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi baravuga ko Singirankabo Xavier w’imyaka 56 y’amavuko yaguye mu rugo rw’umukecuru w’Umupfumu yagiye kumwivuzah...
Mu Murenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi hafi y’urwibutso rw’Akarere habereye impanuka ikomeye yaguyemo abantu bataramenyekana umubare. Umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ...
Inzego z’Umudugudu wa Kigina, Akagari ka Marembo, Umurenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi, zivuga ko Kwizera Théoneste yatashye mu rugo saa mbiri zijoro(20h00) asanga bagiye kuryama, Se Ntigurir...
Umugabo witwa Gafurafura Claver w’imyaka 47 y’amavuko yatabawe akiri muzima nyuma y’amasaha 29 yagwiriwe n’ikirombe. Mugenzi we wahuye n’ibi byago witwa Niyonsaba Eric w’imyaka 43 y’amavuk...
Mu Mudugudu wa Kamashashi, Akagari ka Mpushi mu Murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi harivugwa umugore witwa Nagahozo Devotha w’imyaka 35 wapfiriye ku nzira ajya kubyarira kwa muganga. Uyu mubyey...









