Mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kabiri taliki 11, Mata, 2023 inzego z’umutekano zarashe uwitwa Albert Dusabe wari ushatse kwambura umupolisi imbunda. Yari aherutse kwiyemerera ko ari we wishe Dr. Ma...
Nyuma y’uko uwiyamamarizaga kuyobora abandi banyeshuri ariko akaba ari uwo mu ishyaka rya Bobi Wine ryitwa National Unity Platform( NUP) akuwe ku rutonde bikarakaza abo muri iri shyaka, hari bamwe mu ...
Mu Mudugudu wa Kinihira I, Akagari ka Gisuna, Umurenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi aho Kaminuza yitwa University of Arts and Technology of Byumba (UTAB) iherereye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanda...
Abanyeshuri ba Kaminuza yitwa Kepler University baraye basuye Polisi y’u Rwanda ku cyicaro cyayo gikuru kiba mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of P...
Perezida William Ruto yafashe mu mugongo imiryango yaraye iburiye abayo mu mpanuka yabereye mu muhanda uhuza Nairobi na Nakuru. Yahitanye abantu 16 harimo abanyeshuri batatu ba Kaminuza yitwa Pwani Un...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye Minisitiri mushya w’urubyiruko Dr. Abdallah Utumatwishima wari umaze kurahirira inshingano nshya ko kwita ku muco w’abakiri bato ari ishingiro ry’ejo hazaza ...
Kaminuza Nyafurika yigisha imibare na siyansi yitwa African Institute of Mathematical Sciences, ishami ry’u Rwanda, yahembwe abarimu 94 bahize abandi mu myigishirize ya science n’ikoranabuhanga...
Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abayobozi bitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku miyoborere Ebonee yabereye i Dubai muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu ko u Rwanda rwahisemo kwifashisha i...
Mu Kagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo haravugwa inkuru ibabaje y’abantu batatu( Umugabo n’abane be babiri) bapfuye mu buryo bamwe bise ‘amayobera’. Umugore niwe wasigaye ari...
Umuyobozi wa Kaminuza ya Kent yo muri Amerika witwa Dr Marcello Fantoni yaraye asinyanye amasezerano y’ubufatanye mu by’ubuhanga na Polisi y’u Rwanda kugira ngo izayifashe mu gukarishya ubwenge bw’aba...









