Hashize hafi umwaka Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango ifashe icyemezo cyo gutiza umushoramari inyubako za Leta, uyu akaba agiye kuhatangiza Ishuri rikuru ry’Ubukerarugendo. Mu nyubako yatijwe harimo...
Kaminuza y’ubuzima rusange ya Butaro, University of Global Health Equity-Butaro Campus yaraye ihaye impamyabumenyi abanyeshuri 46 baturutse mu bihugu 13 byo hirya no hino ku isi. Byari mu muhango wabe...
Kubera umutekano muke uri muri Sudani, hari Kaminuza yo muri iki gihugu igiye kuherereza u Rwanda abanyeshuri biga ubuvuzi kugira ngo barukomerezemo amasomo. Abanyeshuri 200 biga iby’amenyo n’abiga u...
Guhera taliki 23 kuzageza taliki 27, Nyakanga, 2023 mu Rwanda hazabera inama mpuzamahanga y’abahanga mu binyabuzima iziga uko ibinyabuzima bibungabunzwe byakomeza gusagamba. Ni inama yiswe 2023 Intern...
Mu rwego rwo kumushimira umuhati yashyize kandi agishyira mu kubaka ubumwe bw’abatuye Afurika, Perezida Kagame yaraye yambitse mugenzi we uyobora Congo Brazzaville umudali u Rwanda rwise AGACIRO. Yawu...
Uretse kuba ari iya munani mu zigisha neza muri Kaminuza zo munsi y’Ubutayu bwa Sahara, Kaminuza y’Ubuzima rusange ya Butaro (University of Global Health Equity (UGHE), yashyizwe ku mwanya wa kabiri m...
Inama y’Ubutegetsi ya Bank ya I&M Bank Plc iherutse guterana itora ku bwiganze ko Umunyarwanda Benjamin Mutimura ari we muyobozi w’iyi Banki. Azatangira imirimo ye taliki 01, Nyakanga, 2023. Mutim...
Umunyamideli Moses Turahirwa yabwiye urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ko urw’ibanze rwa Nyarugenge kubera ko rwamurenganyije ubwo rwanzuraga ko afungwa iminsi 30. Yavuze ko ruriya rukiko rwamukatiye...
Dr. Jean Paul Mvogo ni umwarimu wa Politiki muri imwe muri Kaminuza zo mu Bufaransa, SciencesPo, Paris. Avuga ko kugira ngo u Rwanda ruzagire ba rwiyemezamirimo beza b’ejo hazaza, ari ngombwa ko...
Muri Kaminuza y’ubukerarugendo n’ikoranabuhanga, UTB, ishami rya Rubavu n’irya Kigali mu mashami ya BBM(Business Management)na CE( Computer Engineering) haravugwa amakuru y’uko hari bamwe mu bahiga ba...









