Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye abwiye Inteko Rusange y’Abadepite n’Abasenateri uko uburezi mu Rwanda bwateye imbere. Yavuze ko muri rusange bwateye imbere n’ubwo hari ibitaranoga. Mur...
Bimwe mu byakurikiye impinduka ziherutse gutangazwa mu miterere n’imitegekere ya Kaminuza yu Rwanda ni uko bamwe mu barimu bayo batangiye kwimuka ngo begere aho amashami azatangira gukorera. Bari kuva...
Tomsk University ni Kaminuza yo mu Burusiya yasinyanye amasezerano n’Ikigo nyarwanda gishinzwe ingufu za kirimbuzi, Rwanda Atomic Energy Board ngo izagifashe muri byinshi birimo n’ubushakashatsi mu by...
Dr. Anita Asiimwe ukora mu Kigo MSH, akaba ashinzwe umushinga wiswe Ireme avuga ko hari impinduka mu bitabira kwiga umwuga wo kubyaza n’ubuforomo kuko abenshi mu biyandikisha ngo bige aya masomo biga...
Umubare munini w’abatuye isi ni abakene. Kubona icyo barya gihagije kandi bakakibona inshuro eshatu ku munsi nk’uko bisabwa n’abize iby’imirire ni ingorabahazi kuri benshi. Si ibyo kurya gusa bibura a...
Ubuyobozi bw’iyi Kaminuza bwatangaje ko igiye gutangiza amasomo yo gukora inkingo mu masomo azigwa ku rwego rwa Kaminuza rwa Masters. Abahanga bavuga ko iyo gahunda izafasha Abanyarwanda n’...
Karuranga Jane ni umukozi wa Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’ubuvuzi rikorera mu Karere ka Gasabo. Mu rukiko ubushinjacyaha bumukurikiranyweho guhimba no guhindura inyandiko kugira ngo aheshe akazi um...
Ba rwiyemezamirimo bo mu bigo bikiyubaka n’abandi bafite aho bagejeje batangiye amahugurwa y’uburyo barushaho gucuruza bunguka. Ni amahugurwa bari guherwa muri Kaminuza yigenga ya Kigali mu kigo cyayo...
Minisiteri y’uburezi na Kaminuza y’u Rwanda basubukuye guha laptops abanyeshuri b’iyi Kaminuza bazisabye. Gahunda yo gutanga izi mudasobwa zigendenwa isubukuwe nyuma y’uko Kaminuza y’u Rwanda ibwiye T...
Dr Mbonimana Gamariel wigeze kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, nyuma akaza kwegura kubera ikosa ryo gutwara imodoka yasinze avuga hagize undi mahirwe ahabwa mu buyobozi yayakirana ...









