Abagore baturutse mu bihugu by’Afurika bari mu Rwanda mu nama y’iminsi ibiri n’igice biga ibikibangamiye abakobwa mu kwiga Sciences muri Kaminuza. Bavuga ko bitumvikana ukuntu abagore n’abakobwa biga ...
Abakozi ba Kaminuza y’u Rwanda basabye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ko bakongererwa imishahara. Prof David Tuyishime wavuze mu izina rya bagenzi be bakorana muri Kaminuza y’u Rwanda, yabwiye Minisit...
Ahanini Kaminuza si amasomo ahabwa abanyeshuri mu ishuri ahubwo ni ubumenyi bakura mu bitabo no mu nzu z’ubushakashatsi. Niyo mpamvu Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente asaba izo mu Rwanda guha ub...
Céline Uwase ni umuhanzi utaragera kure cyane mu mwuga we. Gusa ni umwe mu bahanga baririmbira Imana indirimbo ziyihimbaza. Mu ndirimbo aherutse gusohora, harimo ubutumwa bugenewe ab’ubu bagaragara n...
Rwiyemezamirimo wize mu mahanga akaba afite ikigo gifasha abantu kujya kwiga hanze avuga ko abajya kwiga yo bagomba kuzirikana ko nta gihugu cyaruta u Rwanda bityo ko badakwiye gutindiganya kurugaruka...
Urubyiruko 494 rurimo urusanzwe ruba mu Rwanda n’uruba mu mahanga rwaraye rweretse Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente n’abandi bashyitsi ko rwatojwe imyitwarire ya gitore kandi rwayifashe neza. ...
Monica Geingos wahoze ari umufasha wa Perezida wa Namibia yahawe inshingano zo kuyobora Kaminuza ya Kepler ifite icyicaro mu Mujyi wa Kigali. Ubuyobozi bw’iyi Kaminuza nibwo bwabitangaje kuri uyu wa M...
Umuyobozi w’Itorero ADEPR Ngarama mu Karere ka Gatsibo yafashwe ari gusengana n’Abakirisitu kandi yari yarafungiwe kubera ko urusengero rutujuje ibisabwa. Urusengero rwe rwafunzwe ku cyemezo giherutse...
Sabin Nsanzimana uyobora Minisiteri y’ubuzima yabwiye abaje mu mu muhango wo guha impamyabumenyi abarangije muri Kaminuza yigisha ubuvuzi n’ubuzima bidaheza ko u Rwanda rukomeje intego yo kongera irem...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abarimu babiri hamwe n’umunyeshuri bo muri Kaminuza yigisha ubukerarugendo, UTB ishami rya Rubavu bazira kwaka ruswa ngo batange amanota. RIB ivuga ko ...









