Ubwo yagezaga ijambo ku baturage b’igihugu cye, Perezida wa Mozambique Filip Nyusi yavuze ko ingabo z’igihugu cye zifashijwe n’iz’u Rwanda mu Cyumweru gishize bakubise inshuro abarwanyi bamaze igihe b...
Umujyi wa Musanze ni uwa Kabiri mu bunini n’ibikorwa biwukorerwamo ugereranyije n’umujyi wa Kigali, Umurwa mukuru w’u Rwanda. I Musanze hari amajyambere utapfa kubona mu yindi mijyi itari Umujyi wa Ki...
Taarifa yamenye ko Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwatangiye iperereza ngo rumenye ukuri ku bivugwa by’uko abarimu bigishaga muri Kaminuza yitwaga Kigali Institute of Management(KIM) bahaye abanye...
Prof Silas Lwakabamba yahawe inshingino zo kuyobora Kaminuza yitwa Coventry Univeristy ku rwego rw’Umugabane w’Afurika. Iyi Kaminuza ifite ikicaro mu Rwanda ikaba ikorera mu nyubako yitwa Kigali Heig...
Imyenda umunyabigwi muri Basketball, Michael Jordan, yambaye mu mwaka w’imikino wa 1982-83 akinira Kaminuza ya North Carolina, yagurishijwe miliyoni $1.38 muri cyamunara, ni ukuvuga asaga miliyari 1.3...
N’ubwo byari bisanzwe bizwi ko kurya inyama nyinshi byongera ibinure mu mitsi bigatuma amaraso adatembera neza, ubushakashatsi bwerekanye ko ubukana bw’iki kibazo burenze ubwo abantu basanzwe bazi. Ni...
Ntabwo ibyiza bya Siporo bigarukira ku guha umubiri w’uyikora uburyo bwo guhumeka neza gusa cyangwa ngo itume amakipe yinjiza akayabo, ahubwo ihuza n’abasanzwe bafite ibyo bapfa. Ni muri uru rwego Pin...
Taarifa yateguye inkuru zijyanye no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 27. Zigizwe n’ubuhamya bw’abayirokotse, uko byabagendekeye n’aho bageze biyubaka. Marius Twizeyimana ni Umuhuz...
Nyuma y’urupfu rwa Dr. Isaïe Mushimiyimana wigishaga muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami ry’ubuhinzi n’ubworozi riri i Busogo, Ubugenzacyaha bwabwiye Taarifa ko iperereza ry’ibanze ryerekanye ko yar...
Nyiricyubahiro Musenyeri wa Arikidiyoseze ya Kampala Cyprian Kizito Lwanga w’imyaka 68 yitabye Imana nk’uko bitangazwa n’abari i Kampala. Yatangiye imirimo yo kuyobora Kiliziya Gatulika mu...








