Umwe mu bafite ubumuga w’impuguke witwa Jacques Mugisha aherutse kubwira itsinda ry’abanyamakuru ko bumwe mu buryo bwiza bwo gukorera inkuru abafite ubumuga, ari ukubaha umwanya bakerekana uko ibintu ...
Abagize Komisiyo mu Nteko y’u Rwanda ishinzwe kugenzura ikoreshwa ry’umutungo wa Leta bashima ko hari imyanzuro myinshi Kaminuza y’u Rwanda yashyize mu bikorwa mu nama yari yarahawe ubwo yagenzurwaga ...
Kaminuza nkuru y’Uburundi iri mu zahoze zikomeye mu Karere k’Afurika y’Ubusirazuba. Muri iki gihe yatakaje byinshi birimo n’umutekano w’abahiga nk’uko babyivugira. Mu gihe abanyeshuri bavuga ko bigira...
Minisiteri y’uburezi muri raporo yayo, yemeza ko imibare yo mu mwaka w’amashuri wa 2024 yerekana ko abakobwa bigaga amashuri abanza n’ayisumbuye barutaga ubwinshi basaza babo kuko bari 50.5% mu gihe a...
Abanyamahanga biga muri Kaminuza ya mbere muri Amerika yitwa Harvard University bagejeje ikirego mu nkiko barega ubutegetsi bwa Donald Trump kubera icyemezo bwafashe cy’uko iyo Kaminuza ikwiye g...
Prof.Didas Kayihura Muganga uyobora Kaminuza y’u Rwanda avuga ko mu myaka iri imbere ikigo abereye umuyobozi w’agateganyo kizakomeza guharanira ko umubare w’abafite ubumuga n’impunzi bayigana wiyonger...
Nathalie Munyampenda uyobora Kaminuza ya Kepler avuga ko kuba ubwenge buhangano ari igikoresho cyiza mu bushakashatsi no kwihutisha ibintu, mu by’ukuri, budakwiye gusimbura ubwenge bwa muntu. Munyampe...
Guverinoma y’u Rwanda yatangije umushinga yise One Million Coders Initiative ugamije ko igihugu kizaba gifite abantu miliyoni imwe bakora porogaramu za mudasobwa bita Coders. Umunyamabanga Uhoraho mur...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri barangije ibizamini bya Leta by’amashuri yisumbuye ‘batazongera’ gusabwa kuba baratsinze amasomo abiri y’ingenzi mu yo bigaga kugira ngo bemererwe gukomer...
Abakora muri za Kaminuza barimo abahigisha nbaganiriye n’impuguke za Kaminuza n’abandi bafite aho bahuriye no guhanga udushya kugira ngo babafashe kuzamura ubumenyi muri iyo mikorere. Kunoza ibintu (i...









