Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko mu itangazamakuru ari ho yamenyeye ko Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya DRC yeguye. Tshisekedi yavuze ko azakomeza kumufata nk’umuvandimw...
Umwe mu bakurikiranyweho uruhare mu gushaka guhirika Felix Tshisekedi bikanga, yabwiye urukiko ko byari umugambi watangiye gupangwa mu mwaka wa 2017, bitangirira muri Swaziland y’icyo gihe, ubu ni mu ...
Vital Kamerhe yatorewe kongera kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyuma y’iminsi mike iwe hagabwe igitero cyashakaga kumuhitana ariko abapolisi babiri mu bamurinda ...
Umuvugizi w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa le général de brigade Sylvain Ekenge yatangaje ko igisirikare cy’iki gihugu cyaburijemo ihirika ry’ubutegetsi kandi ko ababigerageje bose...
Taarifa ifite amakuru ko hari abantu bitwaje intwaro bagaragaye muri Perezidansi ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo bafiten’ibendera ry’iki gihugu. Bikekwa ko bashakaga guhirika ubutegetsi n’u...
Kamerhe Vital yongeye gutorerwa kuba Perezida W’Inteko ishinga amategeko ya DRC. Ni umwanya asubiyemo kuko yigeze kuyiyobora kugeza mu mwaka wa 2009 ubwo yeguraga. Ubwo yeguraga yavuze ko atemer...
Umunyapolitiki wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo wari umaze igihe ari inkoramutima ya Perezida Tshisekedi witwa Vital Kamerhe yatangije ishyaka yise Pacte pour un Congo Retrouvé (PCR). Ubwo ya...
Urukiko rw’Ubujurire muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwaraye rugize umwere Vital Kamerhé wigezwe kuba Umuyobozi w’Ibiro bya Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Yari amaze igihe gito afun...
Nyuma y’uko bitangajwe ko yuriye indege akajya mu Bubiligi, bamwe bagakeka ko ari ho yahungiye, amakuru atangwa na Jeune Afrique aremeza ko Vital Kamerhe ari mu Bufaransa kandi azamarayo ukwezi kumwe....
Amakuru atangarizwa kuri Twitter na bamwe mu banyamakuru bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aremeza ko Vital Kamerhe yaraye yuriye indege ajya mu gihugu batatangaje. Birakekwaho yaba yagiye kwi...









