Mu rukerera rwo kuwa Tariki 12, Nzeri, 2025, abagabo babiri bo mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango bavugwaho ko bateye urugo rw’umuturanyi bashaka kumwiba ihene, abahungu be baratabara ba...
Umuhanzi ukora indirimbo zihimbaza Imana witwa Gaby Kamanzi avuga ko kuba u Rwanda rwarubatswe rukaba rugeze aho ruri ari ukuboko kw’Imana rubikesha. Avuga ko Imana ikunda u Rwanda kandi ko igihe cyos...
Kamanzi Claudine ni Umunyarwandakazi usanzwe ukora ibyo kwita ku bidukikije mu kigo yashinze yise Forest for Life Project. Yahembewe kwita ku butaka buteweho amashyamba, ahabwa igihembo kiswe 2024 Res...
Umugabo witwa Kamanzi Assiel ushinzwe ubutaka mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro arashinjwa n’abaturage kubaka ruswa kugira ngo bubake basenyerwa akabitakana. Gitifu w’Umurenge yamutan...



