Umuyobozi Nshingwabikorwa wa TI-Rwanda, Apollinaire Mupiganyi aherutse kubwira abagize Ihuriro ry’ Inteko Ishinga Amategeko rishinzwe gukumira no kurwanya Ruswa (APNAC-RWANDA), ko amabuye y’agaciro n...
Nyuma y’uko, Dr. Sen Kalinda arahiriye imirimo ye nka Senateri, hahise hakurikiraho gutora Perezida wa Sena. Madamu Sen Nyirasafari Esperance yahise amwamamaza avuga ko ari umugabo wari usanzwe ukora...

