Kuri iki Cyumweru Tariki 24, Kanama, 2025 Itorero Angilikani mu Rwanda (EAR) ryizihirije mu Murenge wa Gahini muri Kayonza isabukuru y’imyaka 100 rimaze rikorera mu Rwanda. Mu mwaka wa 1925 nibwo ryat...
Abasenateri 26 bagize Manda ya kane ya Sena y’u Rwanda batoye François Xavier Kalinda ngo yongere abayobore. Yamamajwe na Senateri Mureshyankwano Marie Rose wamutatse cyane avuga ko uretse no kuba ari...
Ishyaka riharanira demukarasi n’imibereho myiza y’abaturage, PSD, ryifuza ko amafaranga ahabwa abajya muri pansiyo ahuzwa n’ibiciro ku isoko. Ibi babigarutseho kuri uyu wa Gatandatu bari kwamamaza Umu...
Dr.François Xavier Kalinda uyobora Sena y’u Rwanda yaraye abwiye abitabiriye Inama nyunguranabitekerezo ku gusigasira umuco w’Abanyarwanda ko ari ngombwa cyane ko urubyiruko rwigisha indangagaciro z’u...
Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda Eric W. Kneedler yaganiriye na Perezida wa Sena y’u Rwanda Hon François Xavier Kalinda uko Washington yarushaho gukorana na Kigali mu mishinga impande zombi zihuriyeho....
Ku munsi wa nyuma w’uruzinduko rw’iminsi ine Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr. François Xavier Kalinda yagiriraga muri Pakistan, yasinyanye na mugenzi we Muhammad Sadiq Sanjrani amasezerano y’imikorani...
Visi Perezidante wa Mbere wa Sena y’Uburundi Dénise Ndadaye uri mu Rwanda mu Nama yiswe Women Deliver 2023 Conference yakiriwe na Perezida wa Sena y’u Rwanda Hon Dr. François Kalinda baganira uko umub...
Umushinga w’itegeko ryo kuvugura itegeko nshinga ry’u Rwanda wemerejwe ishingiro na Sena nyuma yo kuwugezwaho n’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, mu minsi mike yari itambutse. Abasenateri ...
Abasenateri b’u Rwanda babwiye urubyiruko rw’u Rwanda ko rugomba kumenya amahame remezo ya Leta y’u Rwanda kugira ngo bazayahereho barinda igihugu. Perezida wa Sena Dr Kalinda François Xavier yasabye ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 07, Werurwe, 2023, Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr. Kalinda François Xavier yakiriye mugenzi we wo muri Eswatini witwa Hon. Sen. Pastor Lindiwe Dlamini. Dlamin...









