Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Dr John Nkengasong uyobora Ikigo nyafurika cyo kurwanya ibyorezo kitwa Africa Center for Disease Control and Prevention ( Africa CDC). D...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 19, Ugushyingo, 2021 ku Intare Arena harabera Inteko y’Abagore bo mu Muryango FPR –Inkotanyi. Kuri Twitter y’uyu Muryango handitseho ko ab...
Ubwo yarangizaga amahugurwa y’abagenzacyaha yari amaze iminsi abera mu Ishuri rya Polisi riri mu Karere ka Musanze, Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, Dr Emmuel Ugirashebuja yasabye...
Minisitiri w’ingabo Major General Albert Murasira ari i Harare muri Zimbabwe mu ruzinduko rugamije gutsura umubano hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Zimbabwe. Yahuye na mugenzi we uyobora Minisiteri y’...
Iyi mpirimbanyi ya Politiki ikomoka muri Pakistan yatangarije kuri Instagram ko yashatse umugabo, ubu ari umugore nk’abandi. Yamamaye ku isi ndetse ahabwa igihembo cya Nobel cy’umuntu waharaniwe amaho...
Kuri uyu wa Mbere tariki 08, Ugushingo, 2021 u Rwanda n’u Bushinwa byizihije ku mugaragaro isabukuru y’imyaka 50 ishize ibihugu byombi bifitanye umubano. Ni umubano ushingiye ku nkingi zirimo uburezi,...
Ubwo bizihizaga imyaka 25 ishize bashinze Umuryango AERG, abawugize bishimiye kwakira Madamu Jeannette Kagame waje kwifatanya nabo muri iki gikorwa cyabereye mu Nzu yitwa Intare Conference Arena. Uyu ...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Umuyobozi w’Ikigo gifite ikicaro mu Butaliyani kitwa ENI witwa Claudio Descalzi. Yari ari kumwe n’itsinda ryaje rimuherekeje. Ku rubuga r...
Dr Pierre Damien Habumuremyi yahishuye ko muri gereza zo mu Rwanda harimo ikibazo gikomeye cy’ingengabitekerezo ya Jenoside, ku buryo inzego zikwiye gushyira imbaraga mu kuyihashya, aho kwibanda hanze...
Uyu mugabo wabaye icyamamare mu batoza bakomeye ku isi ubwo yatozaga Arsenal, yabonye akazi k’igihe gito ko gutoza ko gutoza ikipe yo muri Arabie Saoudite izakira umukino wa gicuti na Paris Sai...








