Mu Budage aho Perezida Kagame ari, kuri uyu wa Gatatu yitabiriye Inama yo ku rwego rwo hejuru yiga uko mu gihe gito kiri imbere muri Afurika hatangira gukorerwa inkingo. Ni inama kandi yitabiriwe na P...
Ubwanditsi bwa Taarifa bufite amakuru yizewe avuga ko umusizi Innocent Bahati wari umaze iminsi arangishwa n’itangazamakuru ry’i Burayi ko yaburiwe irengero, yavuye mu Rwanda akajya muri Uganda. The G...
Umukuru w’igihugu yaraye ahuye na Madamu Malu Drayer uyobora Intara ya Rhénanie-Palatinat. Afite inshingano zimuha uburenganzira bwo kwitwa Minisitiri akaba na Perezida wa Rhénanie-Palatinat, imwe mu ...
Hashize igihe gito Perezida Kagame yakiriye uwaje guhagararira Qatar mu Rwanda. Uwo ni Misfer Bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani. Kuba Qatar ifite Ambasade mu Rwanda ni uburyo bwiza bwo guteza imb...
Umuryango w’Abibumbye urasaba za Leta kongera imbaraga mu guha abakobwa amahirwe yo kwiga siyansi n’ubumenyingiro kugira ngo bazafashe isi kwivana mu ngaruka za COVID-19 ihanganye nazo muri iki gihe. ...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburezi, ubumenyi n’umuco( UNESCO) ryatangaje ko Kaminuza mpuzamahanga y’ubuvuzi n’ubuzima kuri bose iri mu Karere ka Burera iri mu zindi Kaminuza n’ibigo hir...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane Taliki 10, Gashyantare, 2022 Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we Mozambique Filip Nyusi baganira aho ibikorwa byo kugarura amahoro muri Cabo Delgado bigeze. Uru ru...
Hashize amasaha macye Ikinyamakuru cyo mu Bwongereza cyitwa The Guardian gitangaje ko hari abantu 100 biganjemo abanditsi n’abandi basaba Perezida Paul Kagame kugira icyo akora umusizi witwa Innocent...
Abagabo batatu bigeze kuba ibyamamare bibiri ari bo Robert Pires w’imyaka 47, Ray Parlour nana David Seaman biteze gukinira Arsenal mu myaka ya 1992 kuzamura kugeza mu mwaka wa 2004 mu bihe bitanduka...
Ni ibyemejwe na Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 07, Gashyantare, 2022 mu ijambo yavugiye mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda. Umukuru w’igihugu yabwiye abari bamuteze amatwi barimo abahagarariye ib...









