Nyuma y’igihe gito yari amaze aje mu Rwanda guhura na Perezida warwo Paul Kagame, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba kuri uyu wa Mbere taliki 15, Werurwe, 2022 nabwo yageze mu Rwanda aje kuganira nawe ku zind...
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda, akaba n’Umujyanama mu bya gisirikare wa Perezida Museveni yageze i Kigali. Agarutse mu Rwanda nta gihe kinini gishize n’ahavuye. Nyuma yo kuhava...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye Intumwa ya Perezida wa Benin Bwana Patrice Talon ari we Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa kiriya gihugu witwa Aurélien Agbenonci. Uyu munyacyubahiro yazaniye Per...
Ubwo yakiraga mugenzi we uyobora Guinea Bissau uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, Perezida Kagame yamubwiye ko u Rwanda rwifuza gukomeza ubufatanye rufitanye na Guinea Bissau mu nzego z’ubure...
Umugaba mukuru w’ingabo za Qatar witwa Lt. Gen (Pilot) Salem bin Hamad bin Mohammed bin Aqeel Al Nabit ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Yaraye yakiriwe na Perezida Kagame nyuma y’izindi gahunda y...
Ibiro by’Umukuru w’igihugu byatangaje ko Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye itsinda ryaturutse mu Budage riyobowe na Svenja Schulze, uyu akaba ari Minisitiri ushinzwe ubukungu mu Budage. Ku ruk...
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yanditse ko nyuma y’uko yari aherutse gusura u Rwanda akaganira na Perezida Kagame yita ‘Uncle’(Nyirarume), yongeye gutangaza ko mu minsi micye iri imbere azongera kugaruka ...
Kuba Ambasaderi Valentine Rugwabiza aherutse kugirwa Umuyobozi w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Centrafrique ni ikintu abasesengura Politiki y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda bavuga ko ari ikin...
Nyuma yo kwakira umuyobozi w’Ishami rishinzwe itumanaho mu Kigo mpuzamahanga kita ku itumanaho ku isi witwa Doreen Bodgan- Martin, Perezida Kagame yakiriye Tidjane Thiam uyobora Ikigo cy’u Rwanda gish...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, Perezida Kagame yakiriye mu Biro bye Umuyobozi mu Kigo mpuzamahanga giteza imbere itumanaho witwa Doreen Bogdan-Martin. Ashinzwe ishami riteza imb...








