Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Tshisekedi yaraye ageze i Nairobi. Byitezwe ko kuri uyu wa Gatanu taliki 08, Mata, 2022 ari businye ku nyandiko yemerera igihugu cye kuba umunyamur...
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye Umuhango wo gutangiza Icyunamo cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 28, Perezida Kagame yabwiye abibwira ko bashobora kugira u Rwanda uko bashaka kuko a...
Ari kumwe na mugenzi we uyobora Zambia, Perezida Kagame yateye ibiti ku mupaka witwa Kazungula ugabanya Zambia na Botswana. Perezida Hichilema yari ari kumwe na Madamu we Mutinta Hichilema. Basuye ka...
Mu ruzinduko Perezida Kagame arimo muri Zambia yasuye byinshi ariko hari ifoto yasohowe n’Umuvugizi w’Ibiro bye witwa Stephanie Nyombayire ishishikaje! Ni ifoto Perezida Kagame ari gukora ku nyamaswa ...
Perezida Paul Kagame na mugenzi wa Zambia Hakainde Hichilema bayoboye umuhango wo gusinya amasezerano y’ubufatanye mu nzego zirimo n’uburobyi. Izindi ibihugu byombi byiyemeje guffatanyamo ni uburezi, ...
Nyuma yo kugirana ibiganiro na mugenzi we uyobora u Rwanda, Perezida Kagame wa Zambia Hakainde Hichilema yamutembereje mu busitani bw’Ibiro bye. Ni ubusitani bugari burimo ibiti n’inyamaswa nk’imparag...
Perezida Paul Kagame yamaze kugera i Lusaka muri Zambia mu ruzinduko rw’akazi azamaramo iminsi ibiri. Ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Lusaka Kagame yakiriwe na mugenzi we Perezida wa Zambia Hakai...
Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema yatangaje ko yiteguye kwakira mugenzi we Paul Kagame uyobora u Rwanda uri buhakorere urugendo rw’akazi rw’iminsi ibiri. Perezida Kagame ari busure umujyi w’ubuke...
Kuri uyu wa Gatandatu Taliki 02, Mata, 2022 mu Rwanda hasomwe Misa yo kwibuka umugabo wabereye u Rwanda inshuti kugeza atabarutse witwaProf Paul Farmer. Prof Farmer yabeyere u Rwanda inshuti cyane aru...
Cardinal Antoine Kambanda yayoboye igitambo cya Misa cyo kwibuka nyakwigendera Prof Paul Farmer uherutse gutabaruka azize uburwayi. Mu isengesho rye, Cardinal Kambanda yavuze ko Imana itabura kwibuka ...









