Perezida Paul Kagame yabwiye Abagize Inteko ishinga Amategeko ya Jamaica ko u Rwanda rwiyemeje kuzakorana bya hafi n’igihugu cyabo mu nzego zirimo no gukomeza ubumwe bw’ababituye. Yabivugiye mu ruzind...
Umukuru w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yaraye ageze i Kingston mu Murwa mukuru wa Jamaica mu ruzinduko rw’iminsi itatu akoreye bwa mbere muri kiriya gihugu. Yakiriwe n’Umuyobozi wa Jamaica witwa Si...
Ambasaderi Claver Gatete yaraye agejeje impapuro zimwemerera guhagarira u Rwanda ku muyobozi wa Jamaica witwa Sit Patrick Allen. Gatete yari aherutse kugira Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango W’Abibum...
Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ijambo ku bagize Guverinoma ya Congo- Brazzaville. Ni mu rugendo rw’iminsi itatu ari gukorera muri kiriya gihugu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 11, Mat...
Ku kibuga cy’indege cy’i Brazzaville, Perezida wa Congo Brazzaville yakiriye mugenzi we uyobora u Rwanda wagiye gusura kiriya gihugu kuri uyu wa Mbere. Mu nkuru ivuga iby’uru rugendo Taarifa yanditse ...
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu taliki 09, Mata, 2022, Inama y’Abaminisitiri iri guterana. Ni Inama iteranye mu gihe ibintu hafi ya byose byafunguwe ngo bikore muri iki gihe Icyorezo COVID...
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Congo- Brazaville byanditse kuri Twitter ko Perezida Paul Kagame azasura iki gihugu taliki 11, Mata, 2022. Byatangajwe ko azahakorera urugendo rw’amasaha 72 akazageza ij...
Perezida Kagame yabwiye bagenzi be bayobora ibindi bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC, ko igihe kigeze ibyo basezeranyije abaturage babo bakabishyira mu bikorwa, bikava mu magambo...
Perezida wa Uganda yagiranye ibiganiro byihariye na mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame. Byabereye i Nairobi aho Abakuru b’ibihugu byombi bahuriye mu muhango wo kwakira DRC mu Muryango w’Afurika y...
Uhuru Kenyatta uyobora Kenya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 8,Mata, 2022 yakiriye Perezida Kagame waje kwitabira iyinjizwa muri EAC rya DRC. Hari n’abandi Bakuru b’Ibihugu barimo uwa Uganda,...









