Luxembourg ni igihugu gito kiri rwagati mu Burayi. Ni gito mu buso kuko gifite ubuso bwa kilometero kare 2,586. Ibi bituma Luxembourg iba ari cyo gihugu gito mu bindi byose bigize u Burayi. Muri uyu m...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ubwo yafunguraga ikigo cy’ubushakashatsi ku ngagi cyubatswe k’ubufatanye na Ellen DeGeneres kiri ahitwa mu Kinigi mu Karere ka Musanze, yavuze ko kiriya kigo ki...
Umunyamerikakazi w’icyamamare kuri Televiziyo wakiriye ibindi byamamare bikomeye ku isi mu kiganiro yita The Ellen DeGeneres Show arateganya kugura inzu mu Rwanda akajya aza kuhaba kenshi. Aherutse ku...
Ni ibyemejwe n’Umunyamabanga mukuru w’Umuryangano mpuzamahanga ugamije guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho witwa Digital Cooperation Organisation, Deemah Alyhay. Yabivuze nyuma yo gusinyana ama...
Uwavuga ko ikintu gikomeye cyavuzwe mu Rwanda ku wa Mbere taliki 06, Kamena, 2022 ari ikoranabuhanga ntiyaba abeshye! Muri Kigali Convention Center hatangirijwe ku mugaragaro inama mpuzamahanga mu gu...
Ubwo yagiraga icyo abwira abari baje kwitabira Inama yigaga ku ikwirakwizwa ry’umuyoboro wa murandasi yihuta ukoresheje uburyo bwa Broadband, Perezida Kagame yavuze ko n’ubwo ibihe biri imbere bishobo...
Ibiro bya Minisitiri Pritti Patel ushinzwe ibibera imbere mu gihugu cy’u Bwongereza byatangarije BBC ko taliki 14, Kamena, 2022 ari bwo indege izanye abamukira bavuye muri kiriya gihugu bagiye mu Rw...
Taarifa yabwiwe ko ubuyobozi bw’Ikigega cyo kuzahura ubukungu, Economic Recovery Fund, kirengagije nkana kwishyura amafaranga ya nkunganire Leta yemeye guha ibigo 24 bitanga serivisi zo gutwara abantu...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yaraye abwiye abahagarariye ibihugu byabo muri iki gihugu ko niba Repubulika ya Demukarasi ya Congo idahagaritse ibyo kurushotora, ruzafata icyemezo cyo kuy...
Umuyobozi wa AVEGA Agahozo, Valérie Mukabayire avuga ko ari ngombwa gushima Leta y’u Rwanda kuko yafashije abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi kwiga, kubona amacumbi no kubona ubutabera. Mukabayire ...









