Muri iki gitondo Perezida Kagame yageze muri Tanzania mu nama yahuje Abakuru b’ibihugu byo mu Karere u Rwanda ruherereyemo n’ibya SADC. Ni Inama iri bwigirwemo uko ibibazo biri mu Burasira...
Perezida Kagame avuga ko yemeranya ku ngingo nyinshi na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump uherutse guhagarika inkunga ya USAID yagenerwaga amahanga. Ibi aherutse kubitangariza u...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wo mu Burusiya witwa Bogdanov Mikhail Leonidovich ku ngingo y’imikoranire mu gushakira igisubizo umuteka...
Perezida Kagame yabwiye CNN ko nta muntu uzagira uruhare mu kurinda umutekano w’Abanyarwanda uretse bo ubwabo. Yaraye abiganirije umunyamakuru Larry Madowo usanzwe ukorera CNN ubwo baganiraga ku mutek...
Nyuma yo kubona ko ikipe akunda itsinde iyo byari bihanganye mu buryo budasubirwaho, Perezida Paul Kagame yanditse kuri X agaragaza ibyo byishimo kandi asaba Arsenal yari imaze gutsinda Man City 5-1 g...
Jean-Noël Barrot uyobora Ububanyi n’amahanga bw’Ubufaransa ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi yakiriwemo na Perezida Kagame. Ubwo yageraga i Kanombe kuri uyu wa Kane tariki 30, Mutarama, 2025 yakiriw...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yavuze ko ikibazo cy’umutekano muke muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo gikomeye ariko yirinda kugira byinshi akivugaho. Yasubizaga umunyamakuru...
Perezida Paul Kagame yaraye aganiriye na João Lourenço uyobora Angola akaba asanzwe ari umuhuza mu kibazo u Rwanda rufitanye na DRC. No mu biganiro baraye bagiranye bagarutse k’ugushakira igisubizo ki...
Perezida Félix Tshisekedi yabwiye abaturage be ko mu gihe kitarambiranye azisubiza buri gace kose, buri sentimetero, yigaruriwe na M23. Yasabye abaturage bose b’iki gihugu guhaguruka bagafasha ingabo ...
Perezida Kagame yabajije bagenzi be bagize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba niba aho ibintu bigeze mu Burasirazuba bwa Repubulika bitaratangiye buri wese abireba. Mu ijambo yabagejejeho mu buryo b...






