Mu ijambo yabwiye abaturage bari baje kumwakirira ku kibuga kiri hafi y’Ibiro by’Akarere ka Nyamasheke, Perezida Kagame yabasabye ko batagombye kujya batinya kuvuga ababaka ruswa kuko ngo buryo iyo b...
Ubwo yarangizaga uruzinduko rwe mu Ntara y’Amajyepfo, Perezida Paul Kagame yahise ajya mu Ntara y’i Burengerazuba abanza kuganira n’abavuga rikijyana bo muri iyi Ntara bari baje kumwakirira mu Karere...
Mu ruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida Kagame amaze gukorera mu Ntara y’Amajyepfo abaturage bamwakiranye ubwuzu bamwereka ko bari bamukumbuye. Ni mu gihe kuko yahaherukaga ubwo yiyamamazaga mu mwaka wa...
Mu Murenge wa Gasaka hari umukecuru uvugwaho kugira imyaka 110 y’amavuko witwa Rachel Nyiramandwa yakiriye iwe Perezida Kagame. Kagame yamusuye mu ruzinduko afite muri kariya Karere. Yabikoze mbere ga...
Ahitwa Nyagisenyi hafi y’Ibiro by’Akarere ka Nyamagabe, abaturage bariraye ku kababa ngo bakire Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko mu Ntara y’Amajyepfo. Ni Akarere ka Gatatu asuye kuko yahereye mu ...
Umukuru w’Igihugu nyuma yo gusura no kuganira n’abaturage bo mu Karere ka Ruhango, yahise ajya muri Huye. Yaganiriye n’abavuga rikijyana muri Huye baganira ku bikiri imbogamizi ku iterambere ry’abaga...
Kuri uyu wa Kane Taliki 25, Kanama, 2022 Perezida Kagame arasura kandi aganire n’abatuye Akarere ka Ruhango. Ni urugendo akoze nyuma y’igihe kirekire adasura abaturage kubera COVID-19. Abaturage bo mu...
Nyuma y’imyaka ibiri kwitira abana b’ingagi amazina bidakorwa imbonankubone kubera kwirinda COVID-19, muri uyu mwaka wa 2022 bigiye kongera bikorwe. Byaraye bitangajwe n’ubuyobozi bushinzwe ubukerarug...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare Youssuf Murangwa niwe wagiye kubarura mu rugo rwa Perezida Paul Kagame. Kuri uyu wa Kabiri taliki 16, Kanama, 2022 nibwo hatan...
Inzego z’iperereza za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zivuga ko hari amakuru yizewe zifite avuga ko hari abarwanyi benshi ba ADF bava mu bihugu bituranye na DRC bari kuhinjira. Bamwe bahageze mu min...









