Umukuru w’ Rwanda Paul Kagame yageze muri Qatar ahari butangirizwe imikino yo guhatanira igikombe cy’isi iri butangire saa kumi n’ebyiri ku isaha y’i Kigali. Umukino wa mbere urahuza Qatar na Equateu...
Raporo y’uko imiti igera ku baturage isohorwa buri myaka ibiri ivuga ko ikibazo cy’uko imiti itinda kugera mu bihugu bikennye n’ibiri mu nzira y’amajyembere kigihari. Ni ubushakashatsi bwatangijwe n’i...
Kuri uyu wa Mbere Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi i Bali muri Indonesia. Urugendo rwa Perezida Kagame muri Indonesia ruri mu rwego rwo kwitabira inama ya NEPAD. Asanzwe yara...
Umwe mu Badepite b’ishyaka PL witwa Hon Gamariel Mbonimana yeguye. Ni nyuma y’uko Perezida Kagame yari aherutse kuvuga ko hari Umudepite Polisi yafashe yasinze kandi atwaye imodoka. Icyo gihe Perezida...
Nyakubahwa Umaro Sissoco Embaló uyobora Guinea-Bissau ari mu Rwanda. Yazanywe no kuganira na mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame ku ngingo zireba umubano w’ibihugu byombi ndetse no ku bibazo by’u...
Perezida wa Angola João Manuel Goncalves Lourenço yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo. Nyuma y’ibiganiro bagiranye mu mwiherero, y...
Muri byinshi bikubiye mu ijambo Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ku banyamuryango ba Unity Club Intwararumuri bari bitabiriye Ihuriro rya 15 ry’uyu muryango, yagaye cyane Umudepite w’Umunyarwanda...
Senateri Me Evode Uwizeyimana ubwo yasabwaga kuvuga niba abona nta mico y’inzaduka igaragara mu bayobozi nk’uko biri muri benshi mu rubyiruko yavuze ko hari ikintu amaze kubona kandi gishingiye no ku ...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu Taliki 11, Ugushyingo, 2022 Perezida Kagame yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora Angola Bwana João Lourenço. Ibiro bya Perezida Kagame byatangaje ko yaganiriye na ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Bwana Tété Antonio ari mu Rwanda mu ruzinduko ruteguriza Umukuru w’igihugu cye João Lourenço. Uyu mugabo ubu ni we muhuza hagati y’u Rwanda na DRC ku bibazo...









