Itangazamakuru ryo muri Repubulika ya Demukarasi rizindutse ryandika ko Perezida Tshisekedi wari utegerejwe i Doha muri Qatar ngo ahahurire na mugenzi we Paul Kagame baganire uko amahoro yataha muri D...
Abitabiriye inama nyunguranabitekerezo ku ivugurura rya Politiki y’imisoro mu Rwanda bahuriye i Rubavu basanze bumwe mu bwoko bw’imisoro ikwiye kwitabwaho muri iryo vurura ari iy’ubutaka. Ni inama yi...
Mu ijambo yagejeje ku banyacyubahiro bitabiriye inama yitwa Africa Peace Conference iri kubera i Nouakchott muri Mauritania, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruzi ububi bw’iterabwoba kuko ubusa...
Perezida Paul Kagame yabwiye abayobozi mu nzego za Politiki n’abo mu rwego rw’amadini ko n’ubwo ku isi hari ababona ko baruta bagenzi babo ku isi, iyo hagize ushaka kugira icyo amutegeka gukora, undi ...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane taliki 12, Mutarama, 2023, Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Turikiya witwa Mevlüt Çavuşoğlu. Uyu mushyitsi w...
Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu mu Mutwe w’Abadepite kuri uyu wa Gatatu Taliki 11, Mutarama, 2023 yatangiye gusuzuma umushinga w’Itegeko rihindura itegeko no 026/2019 ryo kuwa 18/09/...
Hashize iminsi bamwe mu bahagarariye ibigo bitwara abantu mu modoka mu buryo bwa rusange batakambira Taarifa ngo ibavuganire kuko hari amafaranga Guverinoma ibagomba ariko yabimye bituma bahagarika im...
Mu masaha ashyira umugoroba wo kuri uyu wa Mbere Taliki 09, Mutarama, 2023 nibwo amakuru y’urupfu rw’umwe mu bana 25 bakomerekeye mu mpanuka yari yabereye ku Irebero yamenyekanye. Uwo mwana yitwa Kenn...
Paul Kagame yasabye abashinzwe gushyiraho amategeko agenga imisoro n’abayakira kwicara bakareba niba nta buryo yakoroshywa kuko kuremereza imisoro atari byo bituma hishyurwa myinshi. Kagame avuga ko a...
Umukuru w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yaraye abwiye abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda ko barushywa n’ubusa. Yijeje Abanyarwanda n’abatuye u Rwanda bose ko bazatekana mu mwaka wa 2023 uko ...









