Taarifa yamenye ko nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida wa Repubulika, Paul Rusesabagina yahise atwarwa n’abayobozi muri Ambasade y’Amerika i Kigali bamuvana aho yari afungiwe bamujyana mu rugo rwa A...
Ikinyamakuru cyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika kitwa Semafor cyatangaje ko amakuru yizewe gifite avuga ko Paul Rusesabagina wahamijwe n’inkiko z’u Rwanda ibyaha birimo iby’ibitero byagabwe mu Majye...
Umunyamabanga wa Leta y’u Bwongereza ushinzwe ibibera imbere mu gihugu Suella Braverman yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu. Aje kuganira na bagenzi be bashinzwe ububanyi n’amahanga b...
Perezida Kagame avuga ko hari ibintu bitatu u Rwanda rukeneye kugira ngo rukomezze gutera imbere: Ibyo ni abantu, ikoranabuhanga no guhanga udushya. Hari mu kiganiro yahaye umuyobozi w’ikigo Zipline, ...
Suella Braverman ni umunyamabanga ushinzwe ibibera imbere mu Bwongereza, Home Secretary. Itangazamakuru ryo muri iki gihugu ryemeza ko azasura u Rwanda mu gihe gito kiri imbere. Amakuru atangazwa na S...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye inteko rusange ya 73 ya FIFA iri kubera mu Rwanda ko rwishimira ko rwatoranyijwe ngo rwakire iyi nteko. Yaboneyeho umwanya wo kwibutsa abantu ko Politiki mbi idakw...
Ari kumwe na Perezida wa FIFA Gianni Infantino, Perezida Kagame yatashye ku mugaragaro Stade ya Kigali ndetse ahita ayiha izina rishya ari ryo Pélé Kigali Stadium. Perezida Kagame na Infantino bari ba...
Nyuma yo gushyikirizwa igihembo cy’Indashyikirwa mu bayobozi b’Afurika bateje imbere umupira w’amaguru, Perezida Kagame yakebuye bagenzi be kugira ngo bakore uko bashoboye bateze imbere impano z’abatu...
Kuri uyu wa Mbere taliki 13, Werurwe, 2023 nibwo hatangajwe imyanzuro yafatiwe mu Nama y’igihugu y’Umushyikirano ya 189 yateranye hagati ya taliki 27 na 28, Gashyantare, 2023 iyobowe na Perezida Paul...
Abanyamuryango ba FPR -Inkotanyi mu Murenge wa Busasamana uri mu Karere ka Nyanza baherutse guhura bizihiriza hamwe imyaka 35 Umuryango FPR –Inkotanyi umaze ushinzwe. Kimwe mu byo basabye ubuyobozi bu...









