Madamu Jeannette Kagame yifurije ababyeyi b’abagore umunsi mwiza wahariwe kuzirikana urukundo bagirira abagize imiryango. Mu butumwa yabageneye yavuze ko ababyeyi b’abagore ari abantu barangwa n’uruku...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye intumwa ya Guverinoma y’Ubwongereza ishinzwe ubucuruzi n’ishoramari yitwa Lord Popat baganira uko ibihugu byombi byakongera imbaraga mu buhahirane n’ub...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi 11 ishize, Leta y’u Rwanda yahaye abagizweho ingaruka n’ibiza ibiribwa bingana na toni 426. RBA yanditse ko kugeza ubu abantu bagera ku 20,000 bavanywe m by...
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 muri imwe mu nzu ndende ziri Nyabugogo abantu 12 bahanutse ubwo basuhuza Perezida Kagame wari uhaciye ngo abasuhuze. Itangazo ryasohowe n’Ib...
Mu kiganiro yagiranye n’abaturage bo muri Rubavu bari baje kumwakira, Perezida Kagame yababwiye ko Guverinoma y’u Rwanda izakora uko ishoboye kose ikongera kububakira imibereho bahoranye mbere y’uko i...
Amakuru Taarifa ikesha abari mu Karere ka Rubavu aravuga ko hari imyiteguro yo kwakira Perezida Kagame Paul uri busure aka karere mu rwego rwo kwirebera ubukana bw’ibiza biherutse kwibasira aka Karere...
Muri Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yahakiriye Pamela Coke- Hamilton uyobora ikigo mpuzamahanga cy’ubucuruzi kitwa International Trade Center. Baganiriye ku ngingo z’ubucuruzi n’ishoramari, ba...
Umunyemari Dubai( amazina ye ni Jean Nsabimana) yaraye abwiye urukiko ko atari buburane kubera ko atamenyeshejwe mbere italiki y’urubanza ngo yitegure. Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 8 Gicurasi 2023, ...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye abayobozi bitabiriye inama nyobozi y’Umuryango w’ibihugu bivuga Icyongereza Commonwealth, ko bigomba gukomeza gukorana mu nyungu z’ababituye cyane cyane urubyiruko. ...
Perezida Paul Kagame yaraye mu Bwongereza mu ruzinduko rw’akazi. Mbere y’uko yitabira ibirori byo kwimika umwami w’u Bwongereza Charles III bizaba kuri uyu wa Gatandatu, Kagame yaganiriye na Minisitir...









