Nk’uko Taarifa yabyanditse ku ikubitiro, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine witwa Dmytro Ivanovych Kuleba yaraye ageze mu Rwanda yakirwa na Perezida Paul Kagame. Yamwakiririye mu Biro bye bir...
Nyuma yo gutanga ikiganiro mu nama yahuje abayobozi ba Qatar n’ab’ibihugu by’inshuti zayo, Perezida Kagame yakiriye abandi bayobozi batandukanye baganira ku ngingo zifitanye isano n’iterambere ry’u Rw...
Perezida Kagame mu nama yitabiriye muri Qatar yahuje iki gihugu n’inshuti zacyo yavuze ko abavuga ko u Rwanda rwashatse kwakira abimukira nk’aho ari ikintu rwashakagamo inyungu, bibeshya. Yavuze ko nt...
Kagame yaraye ageze i Doha muri Qatar mu nama ihuza iki gihugu n’ibindi by’inshuti zacyo; iyo nama yitwa Qatar Economic Forum. Ari mu bayobozi b’ibihugu bazatanga ikiganiro muri iyi nama. Ku kib...
Umugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu taliki 20, Gicurasi, 2023 wari ushyuhijwe na byinshi birimo umukino ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL ari yo REG BBC yahuriyemo n’iyo mu Misiri yitwa Al Ah...
Nk’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda n’izindi nzego z’umutekano, Perezida Paul Kagame yaraye agiranye ikiganiro n’ubuyobozi bukuru bw’izi nzego. Uretse abayobozi bakuru ba Polisi n’ingabo z’u Rwa...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Moussa Faki usanzwe ari Perezida w’Umuryango w’Afurika yunze Ubumwe. Ari mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira Inama mpuzamahanga ku by’umutekano iri kubera...
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rumaze gutegeka ko Jean Nsabimana uzwi nka Dubai n’abo bareganwa barimo Rwamulangwa Stephen, Mberabahizi Raymond Chretien na Nyirabihogo Jeanne d’Arc bafungwa iminsi 30 ...
Perezida Paul Kagame yabwiye abanyeshuri biga mu ishuri ry’imari rya Kaminuza ya Harvard ko burya umugabo ari ukubitwa hasi n’ibibazo ariko ntiyemere kuhahera. Yari yakiriye itsinda ryabo mu Biro bye,...
Abahanga bavuga ko kugira ngo politiki yo gukumira no kurwanya ibiza izatange umusaruro mu buryo burambye, ari ngombwa ko Politiki yo kurengera ibidukikije ndetse n’iyo gukumira ibiza zisobanurirwa ab...









