Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu Perezida Paul Kagame yatabiriye umunsi wo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge bw’ibirwa bya Bahamas. Ni isabukuru yizihijwe ku nshuro ya 50. Umurwa mukuru wa Bahamas wit...
Mu ruzinduko rw’akazi arimo muri Trinidad na Tobago, Perezida Kagame yahuye n’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma batandukanye barimo na Mia Amor Mottley uyobora ikirwa cya Barbados. Baganiriye kuri by...
Mu masaha make ashize nibwo Perezida Paul Kagame yageze mu Murwa mukuru w’ibirwa bya Trinidad na Tobago witwa Port of Spain. Yagiye mu nama ihuza Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango CARACOM. Mu magambo...
Mu kiganiro kivuga uko u Rwanda ruhagaze muri iki gihe rumaze imyaka 29 rubohowe, Perezida Kagame yagize icyo avuga kuri raporo y’impuguke iherutse gushinja u Rwanda gukomeza gufasha M23. Yavuze ko nt...
Umukuru w’u Rwanda yaraye abwiye abantu bari baje mu busabane bwo kwizihiza imyaka 29 u Rwanda rumaze rubohowe ko batagomba kuzemerera na rimwe umuntu uwo ari we wese gusibisha ikaramu amateka yo kubo...
Mu ntangiriro z’umwaka wa 2022 Perezida Paul Kagame yatumije mu Biro bye Minisitiri w’ikoranabuhanga n’uw’ibikorwaremezo ndetse n’Umuyobozi mukuru wa RURA. Yagira ngo ababaze itandukaniro babona hagat...
Kuri uyu wa Kane taliki 29, Kamena, 2023 nibwo Ibirwa bya Seychelles byizihije umunsi byaboneyeho ubwigenge. Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame nibo bari abashyitsi bakuru muri iki gikorw...
Ku munsi wa kabiri w’uruzinduko rwe muri Seychelles, Perezida Kagame yateye igiti. Ni igiti cyera ku rubuto rwa mbere runini mu bugari. Uru ni urubuto rwitwa Coco-de-Mer. Yaruteye mu busitani bw’iki ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba u Rwanda rukorana na Seychelles kandi uyu mubano ukaba ugomba gukomeza, bishingiye ku ngingo y’uko ubuyobozi bw’ibi bihugu bugamije ko ababituye bagira. Yabivugiye ...
Umujyanama wihariye wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, General James Kabarebe yaraye asuye inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Ni ingabo z...









