Kuri uyu wa Gatandatu taliki 19, Kanama, 2023 Perezida Paul Kagame yakoranye umuganda udasanzwe n’abayobozi ba Giants of Africa. Uw’ibanze ni Masai Ujiri n’abandi bakorana nawe. Ujiri hamwe n’abandi b...
Mu ijambo rito rikubiyemo ubutumwa Perezida Paul Kagame yagejeje ku basirikare yari yasanze i Gabiro kuri uyu wa Kane, barimo naba Ofisiye bakuru harimo ko kuva kera na kare ikinyabupfura aricyo musin...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Kane taliki 17, Kanama, 2023 yeretswe uko ingabo z’u Rwanda zatorejwe i Gabiro zibigenza. Ni imyitozo ikomatanyije yahuj...
Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z’Amerika avuga ko yaraye agiranye ikiganiro na Perezida Kagame cyakozwe kuri telefoni. Avuga ko baganiriye ku ngingo z...
Mu ijambo yageneye abari bitabiriye igikorwa cyo gusengera u Rwanda kitwa Rwanda Leaders Fellowship, Madamu Jeannette Kagame yibukije ababyeyi ko abana babo baba bakeneye kenshi. Yabwiye ababyeyi ko i...
Perezida Kagame yabwiye urubyiruko 200 rwaturutse hirya no hino muri Afurika ko rudakwiye guhora rwibutswa ko rushoboye. Rwaje kwitabira isabukuru y’imyaka 20 ishize hashinzwe Umuryango Giants of Afri...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yasabye abarangije kuri Kaminuza yigisha iby’ubuhinzi barangije amasomo yabo mu Karere ka Bugesera kuzakoresha ubwo bumenyi bavugurura ubw’Afurika. Avuga ko ubuhinzi bug...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere taliki 07, Kanama, 2023 Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye intumwa zo mu bwami bwa Arabie Saoudite. Izo ntumwa zari ziyobowe na Intumwa yihariye akaba n’Umujyanama i...
Major General Eugène Nkubito wayoboraga ingabo z’u Rwanda muri Mozambique yaraye ahererekanyije ububasha na mugenzi we Major Gen Alex Kagame ngo ayobore itsinda ry’ingabo z’u Rwanda na Polisi bari mur...
Kuri uyu wa Kane taliki 03, Kanama, 2023 Perezida Paul Kagame yatashye uruganda rwa sima rwuzuye mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Nyamabuye. Umwe mu barukoramo yabwiye Taarifa ko uru ruganda rukora...









