Mu ijoro ryakeye Perezida Kagame yakuye mu nshingano Bwana François Habitegeko wari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba na Madamu Espérance Mukamana wari ushinzwe ikigo cy’ubutaka, National Land Auth...
Umwe mu bakobwa bitabiriye Ihuriro ry’Urubyiruko rya Youth Connekt ya 10 iheruka, yabwiye Taarifa uko amafunguro bagaburiwe yari ateye. Avuga ko mu gitondo bafashe ibiribwa bizima, umuntu wese usanzwe...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 26, Kanama, 2023, Perezida Kagame yaganiriye na ba Guverineri b’Intara za Nigeria bari mu Rwanda, bungurana ibitekerezo ku miyoborere ibereye Afurika muri rusange. Ni ibi...
Paul Kagame yaraye ababwiye abavuga rikijyana bo mu Ntara y’Amajyaruguru ko iyo abantu batangiye kubiba amacakubiri mu Banyarwanda baba basa n’abari gukongeza amakara. Yababwiye ati: “Murakinira ku ma...
Ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bakuru baherutse guhabwa inshingano muri Guverinoma y;u Rwanda, Perezida Kagame yavuze ko kuba muri Guverinoma hashyizwemo abayobozi bakiri bato, ari ingirakamaro ku...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 23, Kanama, 2023 ubwo Perezida Kagame yaganiraga n’urubyiruko muri YouthConnekt ku nshuro ya 10, yagarutse ku bintu bitandukanye bigomba kururanga ndetse n’ibindi bikwiye kur...
Perezida Kagame yavuze ko bibabaje kuba hari amakoro ashyirwa mu iterambere rya Siporo ariko abantu bake bakayikubira. Yanenze kandi ibyo yise indagu ziba mu mupira w’amaguru, akemeza ko ziri mu bitum...
Mu Intare Arena, Perezida Paul Kagame ari kuganira n’urubyiruko ruhagarariye urundi mu Rwanda hose. Ni igikorwa cya YouthConnekt kiba mu gihe runaka, kigahuza urubyiruko n’Umukuru w’u Rwanda akumva i...
Ibiro by’Umukuru w’igihugu byatangaje ko Perezida Kagame Paul yaraye yakiriye abayobozi muri Bank of Kigali barimo n’Umuyobozi Mukuru w’Inama y’Ubutegetsi yayo witwa Philippe Prosper. Perezida Kagame ...
Kuri iki Cyumweru taliki 19, Kanama, 2023 nibwo iserukiramuco rya Giants of Africa ryaraye rirangiye, rirangizwa n’igitaramo cy’imbaturamugabo cyitabiriwe n’abahanzi bakomeye bo muri Nigeria ari bo Ti...









