Kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Ugushyingo, 2023 Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yaganiriye n’abagaba bakuru bazo, Ofisiye bakuru muri Polisi y’u Rwanda n’abo mu rw...
Lord Reed uyobora Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza yatangaje ko we na bagenzi be basanze gahunda y’Ubwongereza n’u Rwanda yo kurwoherereza abimukira ngo babanze barubemo mber...
Ubwo yakiraga indahiro z’abakora mu nzego nkuru z’ubutabera harimo n’Umunyamabanga wungirije wa RIB, Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda bose bareshya imbere y’amategeko. Ya...
Ubwo yaganiraga n’abari bitabiriye umuhango wo gutangiza ikigo giteza imbere imishinga ikora ku ikoranabuhanga kitwa Norrsken Kigali House, umwe mu bitabiriye iki gikorwa yabajije Perezida Kagame umug...
Ubwo yatahaga ku mugaragaro ikigo Norresken Kigali House kiri rwagati mu Mujyi wa Kigali, Perezida Kagame yavuze ko abashoramari mpuzamahanga badakwiye kumva ko hari aho bakwiye gushora gusa ahandi, h...
Kuri telefoni Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken ku kibazo cy’umutekano muke uvugwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demu...
Perezida Paul Kagame avuga ko uko abantu babona u Rwanda rw’ubu bishingiye ku mahitamo rwagize mu myaka iri hafi kuba 30. Yabivugiye mu Nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga ku bukerarugendo yi...
Umunyamerika witwa Peter Greenberg uri mu nshuti z’u Rwanda zikomeye ari mu Rwanda aho ari gutegura ikiganiro yise Global Travel Updates. Muri Mata, 2018 Greenberg yaje mu Rwanda akorana filimi mbaran...
Madamu Jeannette Kagame yabwiye Abanyarwanda muri rusange n’abagize Unity Club by’umwihariko ko bidakwiye ko batsindwa n’imitekerereze n’imigirire ishingiye kuri za munyangire, ikimenyane, indonke cya...
Mu kiganiro yahaye abitabiriye Ihuriro mpuzamahanga ryiga ku hazaza h’isi muri iki gihe ibintu byicara bihinduka, Perezida Kagame yavuze ko iyo ushoye mu kubaka ubushobozi bw’abantu, wungukira henshi ...









