Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ko taliki 14(ku Banyarwanda baba hanze yarwo) na taliki 15, Nyakanga, 2024 ( ku Banyarwanda baba mu Rwanda) ari bwo hazaba amatora ya Perezida wa Repubulika akom...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga yaraye yakiriye ikiciro gishya cy’abasore n’inkumi binjijwe mu ngabo z’u Rwanda. Bari bamaze amezi arindwi batozwa ibya gisirikare mu k...
Igihugu cye kiri mu ntambara yatangiye taliki 07, Ukwakira, 2023; ni umugore uhagarariye mu Rwanda kimwe mu bihugu bikomeye muri byinshi, akaba amaze amezi ane mu kazi… Uwo ni Einat Weiss, Ambasaderi...
Perezida Kagame yabwiye urubyiruko nyafurika ko ikoranabuhanga ari umutungo ukomeye, ufasha rwiyemezamirimo kugera ku ntego ze. Hari mu gikorwa cyo guhemba abakoze imishinga isubiza ibibazo by’a...
Abatuye Umurenge wa Busasamana n’indi mirenge ituriye Umujyi wa Nyanza bahuriye kuri stade Nyanza kugira ngo bagure telefoni za Airtel zihendutse. Nibo bahereweho mu Ntara y’Amajyepfo nyuma y...
Mu nama iri kubera i Dubai muri Leta ziyunze z’Abarabu, Perezida Kagame yaganiriye mu bihe bitandukanye n’abandi bayobozi bakomeye barimo na Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak. Abandi bagan...
Umukuru w’u Rwanda yageze i Dubai mu nama mpuzamahanga yiga k’ukurengera ibidukikije yitwa COP 20. Ni inama iri butangire kuri uyu wa Gatanu ikaba izaganira aho politiki zo guteza imbere ibidukikije n...
Umukuru w’u Rwanda aherutse kwakira itsinda riyobowe n’Umuyobozi w’Urwego rw’Ubutasi rw’Amerika witwa Avril Haines. Ku rukuta rwa X rwa Perezidansi y’u Rwanda handitse ko itsinda rya Haines ryaganiriy...
Guverinoma y’u Rwanda yagiranye amasezerano na Repubulika ya Guinée y’ubufatanye mu bwikorezi bwo mu kirere, ubukerarugendo n’ubucuruzi. Mu isinywa ry’aya masezerano u Rwanda rwari ruhagarariwe n’Umun...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije Me Alain Mukuralinda avuga ko kuba ibyo kohereza abimukira mu Rwanda bavuye mu Bwongereza byaraye byanzwe n’Urukiko bitazarubuza gukomeza uwo mutima. Ariko...









